• Languages
  • English
  • Francais
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
24 °c
Kigali
21 ° Wed
21 ° Thu
20 ° Fri
20 ° Sat
Tuesday, March 2, 2021
  • AHABANZA
  • Politike
    • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
    • Amateka
  • TRIBUNETV
  • AHABANZA
  • Politike
    • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
    • Amateka
  • TRIBUNETV
Ntabyabonetse
Reba Byose
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
Ahabanza amateka & umuco

Umuyobozi mukuru wa Google avuga ko umwaka wa 2045 uzaba uw’Imperuka y’abantu

Na Ally Jado
January 14, 2021
Muri amateka & umuco, Nyamukuru, Ubucukumbuzi, Ubuzima, Udushya
45 3
0
Umuyobozi mukuru wa Google avuga ko umwaka wa 2045 uzaba uw’Imperuka y’abantu
34
Yasangijwe
683
Yasuwe
WhastappShare on FacebookShare on Twitter

Muri 2029 imashini zizaba zingana n’ubwenge bwa muntu , Ku bwe robot zizagera ku ntera nshya y’ubwenge bitarenze 2029

Umuyobozi mukuru wa Google akaba n’umuyobozi w’Ikigo Ray Kurzweil, avuga ko imperuka y’isi izaza mugihe robot zatsinze ikizamini cya Turing. Mu yandi magambo, iyo ubwenge bw’ubukorano buzaba burenze ubwenge bw’abantu.

Ubuhanuzi bwerekeye imperuka y’isi ntabwo ari ubw’ubu cyangwa ejo. Hagati y’abagambanyi bahanura igitero cy’abanyamahanga n’abahanga bakomeza guca amarenga ku ngaruka zizaterwa n’ubushyuhe bw’isi ndetse n’ingaruka mbi zabyo ku isi ndetse n’abatuye isi, benshi muri twe ntiduhangayikishijwe cyane n’ubu buhanuzi.

byagenda bite niba ari umuyobozi wa Google ubwe uhanura imperuka yisi? Imashini zizaba zingana n’ubwenge bwa muntu muri 2029

Umwe mu bayobozi ba Google yavuze ku mperuka y’isi kandi ntabwo ari umuyobozi wa Google gusa ni umuyobozi mukuru w’ikigo Ray Kurzweil.

Ku bwe robot zizagera ku ntera nshya y’ubwenge bitarenze 2029. By’umwihariko yizera ko robot zizaba zinganya ubwenge n’abantu mu myaka umunani kandi ko icyo gihe, kamere muntu nayo  izahinduka.

Mu magambo yatangarije BBC, uyu muyobozi wa Google asobanura ko kuri ubu ubwenge bw’ubukorano ari bwiza mu gukora imirimo imwe n’imwe, nyamara abahanga bari gutera intambwe ikomeye mu ihindagurika rya robo mu myaka icumi iri imbere.

Ikigo Ray Kurzweil kigereranya ko “artificiel super intelligens” izagaragara hagati ya 2029 na 2045 ari nabwo hateganijwe imperuka ku bantu.

Src: neozone.org

Nkundiye Eric Bertrand

Inkuru Iheruka

FARDC ivuga ko itazahagarika kotsa igitutu imitwe y’inyeshyamba Irimo FDLR kugeza irandutse burundu.

Inkuru Ikurikira

Tanzaniya: Umurundi w’impunzi yishwe arashwe n’abantu bataramenyekana

Inkuru Ikurikira
Tanzaniya: Umurundi w’impunzi yishwe arashwe n’abantu bataramenyekana

Tanzaniya: Umurundi w'impunzi yishwe arashwe n'abantu bataramenyekana

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

  • Izijyezweho
  • Ibitekerezo
  • Iziheruka
Breaking news: Col Rugema Emmanuel wari Umuyobozi mukuru wa RUD URUNANA yishwe

Breaking news: Col Rugema Emmanuel wari Umuyobozi mukuru wa RUD URUNANA yishwe

October 23, 2020
Ubusesenguzi: Ninde ugiye kuyobora Intara y’Amajyaruguru?

Ubusesenguzi: Ninde ugiye kuyobora Intara y’Amajyaruguru?

June 1, 2020
Ubushakashatsi bwagaragaje ko Urumogi rufite ubushobozi bwo kuvura Covid-19 kurusha indi miti yose irimo kwifashishwa

Ubushakashatsi bwagaragaje ko Urumogi rufite ubushobozi bwo kuvura Covid-19 kurusha indi miti yose irimo kwifashishwa

December 16, 2020
Breaking News: Jenerali Nsengiyumva Secyugu Gabral wari ukuriye Operasiyo za Gisilikare muri FDLR yishwe

Breaking News: Jenerali Nsengiyumva Secyugu Gabral wari ukuriye Operasiyo za Gisilikare muri FDLR yishwe

October 24, 2020
Ingabire Marie Immaculee yateye utwatsi abamusaba kwiyamamariza kuyobora igihugu

Ingabire Marie Immaculee yateye utwatsi abamusaba kwiyamamariza kuyobora igihugu

5
Ubucukumbuzi:Ninde uzabazwa ubwicanyi busa na Jenoside buri gukorerwa abanyamulenge?

Ubucukumbuzi:Ninde uzabazwa ubwicanyi busa na Jenoside buri gukorerwa abanyamulenge?

4
Icyo Abahanga mu bya Bibiliya bavuga ku rupfu rwa Kizito Mihigo n’isomerwa Misa rye

Icyo Abahanga mu bya Bibiliya bavuga ku rupfu rwa Kizito Mihigo n’isomerwa Misa rye

4
Me. Ntaganda Bernard akomeje kwiyitirira ishyaka PS Imberakuri avuga ibyo ashatse k’u Rwanda

Me. Ntaganda Bernard akomeje kwiyitirira ishyaka PS Imberakuri avuga ibyo ashatse k’u Rwanda

3
RDC:Col.Sematama Charles wari Komanda wa Rejima ya 3411 muri FARDC yatorotse ajya kwifatanya na Col.Makanika

DRC:Col.Makanika yemeje ko Col.Sematama yinjiye mu mutwe ayoboye wa Twirwaneho

March 2, 2021
Mu gihe ibitaro by’indwara zo mu mutwe byakwemeza ko Idamange Iryamugwiza arwaye ntiyaba agikurukiranywe n’ubutabera

Idamange agiye kwitaba urukiko ku nshuro ya mbere

March 2, 2021
Nigeria: Abanyeshuri b’abakobwa hafi 300 bari bashimuswe n’abitwaje intwaro barekuwe

Nigeria: Abanyeshuri b’abakobwa hafi 300 bari bashimuswe n’abitwaje intwaro barekuwe

March 2, 2021
Kibira-Burundi :imirwano iraca ibintu mu ishyamba  rya Kibira

Kibira-Burundi :imirwano iraca ibintu mu ishyamba rya Kibira

March 2, 2021
Facebook Twitter

Aboturibo

Rwanda Tribune

Rwanda Tribune ni ikinyamakuru cyandikirwa i Kigali kigasohoka kuri murandasi. Intego y'iki kinyamakuru ni ukubagezaho amakuru y'ukuri nyakuri.

Contacts

Marketing: 0788663576
Editor: 0780341467
Management: 0788531713
Emails: info@rwandatribune.com

  • English
  • French
  • Tribune Tv
  • Amategeko agenga Ubwanditsi
  • Tuvugishe
  • Ubufasha

© 2020 Rwanda Tribune Developed by Codity.

  • AHABANZA
  • Politike
    • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
    • Amateka
  • TRIBUNETV

© 2020 Rwanda Tribune Developed by Codity.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms bellow to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist