• Languages
  • English
  • Francais
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
22 °c
Kigali
20 ° Thu
19 ° Fri
20 ° Sat
18 ° Sun
Wednesday, March 3, 2021
  • AHABANZA
  • Politike
    • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
    • Amateka
  • TRIBUNETV
  • AHABANZA
  • Politike
    • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
    • Amateka
  • TRIBUNETV
Ntabyabonetse
Reba Byose
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
Ahabanza Imyidagaduro

Umunyamakuru DJ Adams akomeje gushengurwa n’umukobwa we yaburiwe irengero

Na ildefonse
December 22, 2020
Muri Imyidagaduro, Nyamukuru, ubutabera, Ubuvugizi
68 1
0
Umunyamakuru DJ Adams akomeje gushengurwa n’umukobwa we yaburiwe irengero
50
Yasangijwe
992
Yasuwe
WhastappShare on FacebookShare on Twitter

Umunyamakuru wa Radio&TV 10 Adam Aboubakar uzwi nka DJ Adams yatangaje ko amaze iminsi igera kuri itatu yarabuze umwana we w’umukobwa, ndetse ko kugeza ubu nta makuru ye na make afite.

 DJ Adams yabwiye Popote.rw ko umukobwa  we witwa Uwimpaye Nadine ‘Nice’  yamusezeho kuwa 18 Ukuboza 2020 nyuma yo kumubwira ko atazongera kumubona na rimwe. Nyuma uyu mukobwa we ngo yaje gukuruho telefoni ye  kugeza magingo aya.

DJ  Adams  yavuze ko mu butumwa bumusezera yandikiwe n’umukobwa we yamubwiye ko impamvu itumye amusiga ayizi, ndetse ngo nyuma y’ubwo butumwa nibwo yahise akuraho telefoni ye igendanwa.

Nadine ubusanzwe abana na se aho batuye ku murenge  wa Muhima ho mu mujyi wa Kigali. Adams akomeza yemeza ko ubu afite impungenge z’aho umukobwa we yaba aherereye cyane ko we na Nyina bagerageje kumuhamagara ariko bagasanga telefoni ye itari ku murongo.

Dj Adams  yakomeje avuga ko nyuma y’ibura ry’umukobwa we yabimenyesheje Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha ngo rumufashe gushakisha , gusa ngo kugeza magingo aya ntacyo biratanga kuko umukobwa we ataraboneka.

Dj Adams w’imyaka 44 y’amavuko afite abana babiri, umukobwa we Uwimpaye Nadine( Ari nawe wabuze) afite imyaka 20 n’umuhungu we Adam Aboubakar Junior ufite imyaka 6.

Dj Adams azwi mu itangazamakuru ry’imyidagaduro, aho yakoze ku bitangazamakuru binyuranye nka City Radio, Radio One, Hot FM na Radio 10 akorera kugeza magingo aya.

Inkuru Iheruka

Mu mafoto: Abasirikare 16 ba FARDC baguye mu mirwano yabahuje na ADF bashyinguwe

Inkuru Ikurikira

Natanze igitekerezo cyo kuvugurura itegeko ry’imisoro bansaba ko kizemerwa ariko ntanze aho igihugu cyakura amafaranga avamo:Depite Frank Habineza

Inkuru Ikurikira
Natanze igitekerezo cyo kuvugurura itegeko ry’imisoro bansaba ko kizemerwa ariko ntanze aho igihugu cyakura amafaranga avamo:Depite Frank Habineza

Natanze igitekerezo cyo kuvugurura itegeko ry’imisoro bansaba ko kizemerwa ariko ntanze aho igihugu cyakura amafaranga avamo:Depite Frank Habineza

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

  • Izijyezweho
  • Ibitekerezo
  • Iziheruka
Breaking news: Col Rugema Emmanuel wari Umuyobozi mukuru wa RUD URUNANA yishwe

Breaking news: Col Rugema Emmanuel wari Umuyobozi mukuru wa RUD URUNANA yishwe

October 23, 2020
Ubusesenguzi: Ninde ugiye kuyobora Intara y’Amajyaruguru?

Ubusesenguzi: Ninde ugiye kuyobora Intara y’Amajyaruguru?

June 1, 2020
Ubushakashatsi bwagaragaje ko Urumogi rufite ubushobozi bwo kuvura Covid-19 kurusha indi miti yose irimo kwifashishwa

Ubushakashatsi bwagaragaje ko Urumogi rufite ubushobozi bwo kuvura Covid-19 kurusha indi miti yose irimo kwifashishwa

December 16, 2020
Breaking News: Jenerali Nsengiyumva Secyugu Gabral wari ukuriye Operasiyo za Gisilikare muri FDLR yishwe

Breaking News: Jenerali Nsengiyumva Secyugu Gabral wari ukuriye Operasiyo za Gisilikare muri FDLR yishwe

October 24, 2020
Ingabire Marie Immaculee yateye utwatsi abamusaba kwiyamamariza kuyobora igihugu

Ingabire Marie Immaculee yateye utwatsi abamusaba kwiyamamariza kuyobora igihugu

5
Ubucukumbuzi:Ninde uzabazwa ubwicanyi busa na Jenoside buri gukorerwa abanyamulenge?

Ubucukumbuzi:Ninde uzabazwa ubwicanyi busa na Jenoside buri gukorerwa abanyamulenge?

4
Icyo Abahanga mu bya Bibiliya bavuga ku rupfu rwa Kizito Mihigo n’isomerwa Misa rye

Icyo Abahanga mu bya Bibiliya bavuga ku rupfu rwa Kizito Mihigo n’isomerwa Misa rye

4
Me. Ntaganda Bernard akomeje kwiyitirira ishyaka PS Imberakuri avuga ibyo ashatse k’u Rwanda

Me. Ntaganda Bernard akomeje kwiyitirira ishyaka PS Imberakuri avuga ibyo ashatse k’u Rwanda

3
Ipfunwe rya Jean Marie Vianney Ndagijimana ritumye agana inkiko mu mahugu!

Ipfunwe rya Jean Marie Vianney Ndagijimana ritumye agana inkiko mu mahugu!

March 3, 2021
Guhera kuwa Gatanu inkingo zageze mu Rwanda ziratangira gutangwa

Guhera kuwa Gatanu inkingo zageze mu Rwanda ziratangira gutangwa

March 3, 2021
Kwishyura  abakozi badakora, kimwe mu byateje ibihombo abakoresha muri Covid -19

Kwishyura abakozi badakora, kimwe mu byateje ibihombo abakoresha muri Covid -19

March 3, 2021
Abasirikare 3 b’u Burundi bamaze kugwa mu mirwano ibahanganishije na FLN mu ishyamba rya Kibira

Abasirikare 3 b’u Burundi bamaze kugwa mu mirwano ibahanganishije na FLN mu ishyamba rya Kibira

March 3, 2021
Facebook Twitter

Aboturibo

Rwanda Tribune

Rwanda Tribune ni ikinyamakuru cyandikirwa i Kigali kigasohoka kuri murandasi. Intego y'iki kinyamakuru ni ukubagezaho amakuru y'ukuri nyakuri.

Contacts

Marketing: 0788663576
Editor: 0780341467
Management: 0788531713
Emails: info@rwandatribune.com

  • English
  • French
  • Tribune Tv
  • Amategeko agenga Ubwanditsi
  • Tuvugishe
  • Ubufasha

© 2020 Rwanda Tribune Developed by Codity.

  • AHABANZA
  • Politike
    • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
    • Amateka
  • TRIBUNETV

© 2020 Rwanda Tribune Developed by Codity.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms bellow to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist