• Languages
  • English
  • Francais
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
22 °c
Kigali
20 ° Thu
19 ° Fri
20 ° Sat
18 ° Sun
Wednesday, March 3, 2021
  • AHABANZA
  • Politike
    • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
    • Amateka
  • TRIBUNETV
  • AHABANZA
  • Politike
    • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
    • Amateka
  • TRIBUNETV
Ntabyabonetse
Reba Byose
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
Ahabanza coronavirus

Umukinnyi wa Rayon Sports yavuze akari imurori k’ubuzima babayemo nyuma yo kwandura Covid-19

Na Ally Jado
December 16, 2020
Muri coronavirus, Imyidagaduro, Nyamukuru, Siporo
23 1
0
Murenzi Abdallah n’abandi bavuga rikijyana muri Rayon Sports bakusanyije asaga miliyoni 15 FRW zo kubaka ikipe
17
Yasangijwe
346
Yasuwe
WhastappShare on FacebookShare on Twitter

Habimana Hussein we na bagenzi be bakinana bagera kuri 13 nibo bivugwa ko bamaze kwandura Covid-19 muri Rayon Sports nyuma y’ibipimo byafashwe mbere y’umukino banganyije na Rutsiro FC muri shampiyona na nyuma y’aho.

Uyu mukinnyi yabwiye Flash FM uko yanduye iki cyorezo nuko we na bagenzi be bari kumwe mu kato I Nyamata.

Ati“Ntabwo ari ibintu bidasanzwe cyane. Nagize impinduka ariko nkayoberwa uko bimeza, gusa ntabwo nagize impinduka zigiye zikomeye, narwaye ibicurane, ndwara n’umutwe ariko byabaye nk’iminsi 2 kugera kuri 3. Guhumeka uba uhumeka neza ariko iyo watangiye kurwara ibicurane, wumva utangiye kurwara ibintu bijya kumera nka Malaria cyangwa ukumva wacitse intege mu kanya gato kandi wari umeze neza. Ni uko bitangira.”

Habimana yavuze ko mu kato bameze neza ndetse abaganga barimo kubakurikirana neza,banabijeje gukira vuba.

Ati“Abaganga batwitaho cyane umunsi ku munsi, badukorera buri kimwe, bakatubwira ngo ntitugire stress ngo twumve ko byacitse kuko uko uhangayika niko uremba, nk’ubu twamaze kugarura imbaraga tumeze neza nta kibazo.”

Mu kiganiro kirambuye yagiranye na RBA,Minisitiri wa Siporo, Munyangaju Aurore Mimosa,yavuze ko icyatumye shampiyona y’igihugu isubikwa ari uko amakipe n’abayobozi bayo batubahirije amabwiriza yo kwirinda Covid-19 byanatumye bamwe mu bakinnyi n’abatoza bandura.

Minisitiri Munyangaju yemeje ko FERWAFA yagize uburangare bukomeye muri iki kibazo

Minisitiri Munyangaju yanze gutangaza amakipe yatanze ibyangombwa bihimbano ko yipimishije abeshya kuko ngo bikiri mu iperereza gusa yemeje ko AS Muhanga itipimishije mbere yo guhura na Etincelles FC,ikipe ya Bugesera FC nayo yagiye guhura na Espoir FC I Rusizi itipimishije.

Yakomeje ati “Ibyabereye I Rubavu murabizi aho abakinnyi ba Rayon Sports 4 bari banduye ariko bikagaragara bamaze kujya mu mukino kandi itegeko rivuga ko batari bemerewe kujya mu mukino batarabona ibisubizo.Aho ibisubizo byabonekeye abakinnyi 2 bari banduye bari mu kibuga abandi 2 bari ku ntebe y’abasimbura.Hasabwe ko abakinnyi basohoka cyangwa umukino ugahagarara ariko ntibyakozwe.Ibyo ni ibigaragaza icyuho gihari ko abantu batumvise neza ko bagomba kurinda ubuzima bw’abandi kandi gahunda ya Leta ari ukurinda ubuzima bw’Abanyarwanda bose.Ntabwo twifuza ko siporo yaba icyuho cyo gukwirakwiza Covid-19.”

Minisitiri Munyangaju yemeje ko FERWAFA yagize uburangare bukomeye muri iki kibazo ndetse nayo yabyemeye ariyo mpamvu kugira ngo shampiyona isubukurwe igomba kuzagaragaza uko izahangana n’iki kibazo bya nyabyo.

Minisitiri Munyangaju yavuze ko amakipe nka APR FC,Marines FC,AS Kigali,Rayon Sports,Amagaju FC,Rutsiro FC n’izindi nyinshi zagaragayemo ubwandu bwa Covid-19 gusa yemeza ko kuba hari ubwandu mu makipe ataricyo kibazo ahubwo ikibazo ari ukutubahiriza amabwiriza bigashyira mu kaga abanyarwanda.

Inkuru Iheruka

Uganda-Kisoro:Bob Wine yarasezeranyije abanya Kisoro ko azazahura Umubano n’u Rwanda

Inkuru Ikurikira

Uganda: Perezida Yoweli Kaguta Museveni, yahinduriye imirimo umuhungu we Gen. Muhoozi

Inkuru Ikurikira
Uganda: Perezida Yoweli Kaguta Museveni, yahinduriye imirimo umuhungu we Gen. Muhoozi

Uganda: Perezida Yoweli Kaguta Museveni, yahinduriye imirimo umuhungu we Gen. Muhoozi

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

  • Izijyezweho
  • Ibitekerezo
  • Iziheruka
Breaking news: Col Rugema Emmanuel wari Umuyobozi mukuru wa RUD URUNANA yishwe

Breaking news: Col Rugema Emmanuel wari Umuyobozi mukuru wa RUD URUNANA yishwe

October 23, 2020
Ubusesenguzi: Ninde ugiye kuyobora Intara y’Amajyaruguru?

Ubusesenguzi: Ninde ugiye kuyobora Intara y’Amajyaruguru?

June 1, 2020
Ubushakashatsi bwagaragaje ko Urumogi rufite ubushobozi bwo kuvura Covid-19 kurusha indi miti yose irimo kwifashishwa

Ubushakashatsi bwagaragaje ko Urumogi rufite ubushobozi bwo kuvura Covid-19 kurusha indi miti yose irimo kwifashishwa

December 16, 2020
Breaking News: Jenerali Nsengiyumva Secyugu Gabral wari ukuriye Operasiyo za Gisilikare muri FDLR yishwe

Breaking News: Jenerali Nsengiyumva Secyugu Gabral wari ukuriye Operasiyo za Gisilikare muri FDLR yishwe

October 24, 2020
Ingabire Marie Immaculee yateye utwatsi abamusaba kwiyamamariza kuyobora igihugu

Ingabire Marie Immaculee yateye utwatsi abamusaba kwiyamamariza kuyobora igihugu

5
Ubucukumbuzi:Ninde uzabazwa ubwicanyi busa na Jenoside buri gukorerwa abanyamulenge?

Ubucukumbuzi:Ninde uzabazwa ubwicanyi busa na Jenoside buri gukorerwa abanyamulenge?

4
Icyo Abahanga mu bya Bibiliya bavuga ku rupfu rwa Kizito Mihigo n’isomerwa Misa rye

Icyo Abahanga mu bya Bibiliya bavuga ku rupfu rwa Kizito Mihigo n’isomerwa Misa rye

4
Me. Ntaganda Bernard akomeje kwiyitirira ishyaka PS Imberakuri avuga ibyo ashatse k’u Rwanda

Me. Ntaganda Bernard akomeje kwiyitirira ishyaka PS Imberakuri avuga ibyo ashatse k’u Rwanda

3
Ipfunwe rya Jean Marie Vianney Ndagijimana ritumye agana inkiko mu mahugu!

Ipfunwe rya Jean Marie Vianney Ndagijimana ritumye agana inkiko mu mahugu!

March 3, 2021
Guhera kuwa Gatanu inkingo zageze mu Rwanda ziratangira gutangwa

Guhera kuwa Gatanu inkingo zageze mu Rwanda ziratangira gutangwa

March 3, 2021
Kwishyura  abakozi badakora, kimwe mu byateje ibihombo abakoresha muri Covid -19

Kwishyura abakozi badakora, kimwe mu byateje ibihombo abakoresha muri Covid -19

March 3, 2021
Abasirikare 3 b’u Burundi bamaze kugwa mu mirwano ibahanganishije na FLN mu ishyamba rya Kibira

Abasirikare 3 b’u Burundi bamaze kugwa mu mirwano ibahanganishije na FLN mu ishyamba rya Kibira

March 3, 2021
Facebook Twitter

Aboturibo

Rwanda Tribune

Rwanda Tribune ni ikinyamakuru cyandikirwa i Kigali kigasohoka kuri murandasi. Intego y'iki kinyamakuru ni ukubagezaho amakuru y'ukuri nyakuri.

Contacts

Marketing: 0788663576
Editor: 0780341467
Management: 0788531713
Emails: info@rwandatribune.com

  • English
  • French
  • Tribune Tv
  • Amategeko agenga Ubwanditsi
  • Tuvugishe
  • Ubufasha

© 2020 Rwanda Tribune Developed by Codity.

  • AHABANZA
  • Politike
    • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
    • Amateka
  • TRIBUNETV

© 2020 Rwanda Tribune Developed by Codity.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms bellow to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist