• Languages
  • English
  • Francais
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
20 °c
Kigali
20 ° Thu
19 ° Fri
20 ° Sat
18 ° Sun
Wednesday, March 3, 2021
  • AHABANZA
  • Politike
    • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
    • Amateka
  • TRIBUNETV
  • AHABANZA
  • Politike
    • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
    • Amateka
  • TRIBUNETV
Ntabyabonetse
Reba Byose
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
Ahabanza Mu mahanga

Umubaji w’amasanduku yatunguye benshi akoresha umurambo w’umunyamideli w’ikizungerezi mu kuyamamaza(Amafoto)

Na ildefonse
December 31, 2020
Muri Mu mahanga, Nyamukuru, Ubuzima
25 1
0
Umubaji w’amasanduku yatunguye benshi akoresha umurambo w’umunyamideli w’ikizungerezi mu kuyamamaza(Amafoto)
19
Yasangijwe
378
Yasuwe
WhastappShare on FacebookShare on Twitter

Umushoramari w’umunya Polonge  usanzwe afite ikigo gikomeye cy’ububaji bw’amasanduka ahambwamo abapfuye yatunguye benshi ubwo yafatanga icyemezo cyo gukoresha amafoto y’umurambo w’umunyamideli ufite ubwiza budasanzwe mu kwamamamaza amasanduku ye.

Miss September yitabye Imana amafoto ye akomeje gukwirakwira yamamaza amasanduku

Zbigniew Lindner usanzwe akora ubucuruzi bw’ibikoresho bibaje mu mbaho, yifashishije  umurambo w’umunyamideli uzwi nka Miss September nyuma y’ubwumvikane n’umuryango we, aho bawufashe amafoto ashotorana yicaye ku masanduku acuruzwa na Lindner mu rwego rwo kuyamamaza kugirango agurwe na benshi.

Ni igikorwa Lindner avuga ko cyagize akamaro gakomeye mu bucuruzi bwe bw’amasanduku, dore ko ngo kuva yakoresha ayo mafoto y’uyu munyamideli,mu kwezi kumwe byibura agurisha amasanduku agera ku 1700. Si muri Pologne honyine Lindner afite isoko kuko ngo n’ibihugu by’abaturanyi nk’Ubudage n’ahandi bamaze kumuyoboka kuri ubu ngo akazi ke kakaba kagenda neza.

Hari abakomeje kwibaza niba koko Miss September atari muzima cyane ko amafoto ye agaragara neza
Imwe mu mafoto agaragaza ubwambure bw’umurambo wa Miss September urimo kwamamaza amasanduku ahambwamo
Inkuru Iheruka

Mu cyumweru kimwe gusa Israel yagabye ibitero 2 bya misire kuri Syria

Inkuru Ikurikira

Kicukiro: Ikibazo cy’amazi mu murenge wa Masaka kiri kugenda kibonerwa umuti

Inkuru Ikurikira
Kicukiro: Ikibazo cy’amazi mu murenge wa Masaka kiri kugenda kibonerwa umuti

Kicukiro: Ikibazo cy'amazi mu murenge wa Masaka kiri kugenda kibonerwa umuti

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

  • Izijyezweho
  • Ibitekerezo
  • Iziheruka
Breaking news: Col Rugema Emmanuel wari Umuyobozi mukuru wa RUD URUNANA yishwe

Breaking news: Col Rugema Emmanuel wari Umuyobozi mukuru wa RUD URUNANA yishwe

October 23, 2020
Ubusesenguzi: Ninde ugiye kuyobora Intara y’Amajyaruguru?

Ubusesenguzi: Ninde ugiye kuyobora Intara y’Amajyaruguru?

June 1, 2020
Ubushakashatsi bwagaragaje ko Urumogi rufite ubushobozi bwo kuvura Covid-19 kurusha indi miti yose irimo kwifashishwa

Ubushakashatsi bwagaragaje ko Urumogi rufite ubushobozi bwo kuvura Covid-19 kurusha indi miti yose irimo kwifashishwa

December 16, 2020
Breaking News: Jenerali Nsengiyumva Secyugu Gabral wari ukuriye Operasiyo za Gisilikare muri FDLR yishwe

Breaking News: Jenerali Nsengiyumva Secyugu Gabral wari ukuriye Operasiyo za Gisilikare muri FDLR yishwe

October 24, 2020
Ingabire Marie Immaculee yateye utwatsi abamusaba kwiyamamariza kuyobora igihugu

Ingabire Marie Immaculee yateye utwatsi abamusaba kwiyamamariza kuyobora igihugu

5
Ubucukumbuzi:Ninde uzabazwa ubwicanyi busa na Jenoside buri gukorerwa abanyamulenge?

Ubucukumbuzi:Ninde uzabazwa ubwicanyi busa na Jenoside buri gukorerwa abanyamulenge?

4
Icyo Abahanga mu bya Bibiliya bavuga ku rupfu rwa Kizito Mihigo n’isomerwa Misa rye

Icyo Abahanga mu bya Bibiliya bavuga ku rupfu rwa Kizito Mihigo n’isomerwa Misa rye

4
Me. Ntaganda Bernard akomeje kwiyitirira ishyaka PS Imberakuri avuga ibyo ashatse k’u Rwanda

Me. Ntaganda Bernard akomeje kwiyitirira ishyaka PS Imberakuri avuga ibyo ashatse k’u Rwanda

3
Tanzania: Kilziya Gatolika irashinja Leta kwirengagiza Covid-19 imaze kuyitwara Abihayimana 85

Tanzania: Kilziya Gatolika irashinja Leta kwirengagiza Covid-19 imaze kuyitwara Abihayimana 85

March 3, 2021
Ipfunwe rya Jean Marie Vianney Ndagijimana ritumye agana inkiko mu mahugu!

Ipfunwe rya Jean Marie Vianney Ndagijimana ritumye agana inkiko mu mahugu!

March 3, 2021
Guhera kuwa Gatanu inkingo zageze mu Rwanda ziratangira gutangwa

Guhera kuwa Gatanu inkingo zageze mu Rwanda ziratangira gutangwa

March 3, 2021
Kwishyura  abakozi badakora, kimwe mu byateje ibihombo abakoresha muri Covid -19

Kwishyura abakozi badakora, kimwe mu byateje ibihombo abakoresha muri Covid -19

March 3, 2021
Facebook Twitter

Aboturibo

Rwanda Tribune

Rwanda Tribune ni ikinyamakuru cyandikirwa i Kigali kigasohoka kuri murandasi. Intego y'iki kinyamakuru ni ukubagezaho amakuru y'ukuri nyakuri.

Contacts

Marketing: 0788663576
Editor: 0780341467
Management: 0788531713
Emails: info@rwandatribune.com

  • English
  • French
  • Tribune Tv
  • Amategeko agenga Ubwanditsi
  • Tuvugishe
  • Ubufasha

© 2020 Rwanda Tribune Developed by Codity.

  • AHABANZA
  • Politike
    • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
    • Amateka
  • TRIBUNETV

© 2020 Rwanda Tribune Developed by Codity.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms bellow to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist