• Languages
  • English
  • Francais
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
15 °c
Kigali
21 ° Sat
21 ° Sun
21 ° Mon
20 ° Tue
Friday, February 26, 2021
  • AHABANZA
  • Politike
    • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
    • Amateka
  • TRIBUNETV
  • AHABANZA
  • Politike
    • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
    • Amateka
  • TRIBUNETV
Ntabyabonetse
Reba Byose
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
Ahabanza Imyidagaduro

Tanzaniya: Wema Sepetu yahishuye uburyo nyakwigendera Steven Kanumba yamusigiye umuvumo

Na Muyobozi Jerome
February 7, 2020
Muri Imyidagaduro, Mu mahanga, Nyamukuru
0 0
0
Tanzaniya: Wema Sepetu yahishuye uburyo nyakwigendera Steven Kanumba yamusigiye umuvumo

Wema Sepetu yahishuye uburyo nyakwigendera Steven Kanumba yamusigiye umuvumo

0
Yasangijwe
3
Yasuwe
WhastappShare on FacebookShare on Twitter

Umukinyikazi wa Filimi wo mu gihugu cya Tanzaniya ’Wema Sepetu’ aherutse gutangaza ko nyakwigendera Steven Kanumba yamusigiye umuvumo. Ibyo akabivuga ashingiye ku kuba atagishoboye kubyara, nyuma yo gutandukana nawe.

Amakuru dukesha ikinyamakuru Simulizi na Sauti cyo muri Tanzaniya avuga ko uyu mukobwa muri iyi minsi ari mu barira kuko ashaka umwana, nkuko yabitangaje mu kiganiro yashize kuri App ye Wema App ko yakuyemo inda zitari nke za Steven Kanumba.

Muri icyo kiganiro, uyu mukinnyi wa Filimi yavuze ko yakuyemo inda z’uwo mukinnyi ebyiri, ariko Kanumba akaba yaramenyemo imwe gusa. Si icyo gusa kuko yanavuze ko iyo ya mbere yayikuyemo kubera ngo yarakiri muto bitari bukunde ko abasha gutwara inda ngo ayibyare, kandi ngo bari babyumvikanyeho na Kanumba.

Icyo ahagararaho avuga ko yaba yaramusigiye umuvumo, ngo mu minsi mike mbere yuko yitaba Imana, Steven Kanumba yamubwiye ko atazigera atwara inda y’undi muhungu n’umwe, aho ni mu gihe ngo hari igihe Kanumba yahoragaa mubwira ko amwishyuza abana be, kuko ngo nyuma yahise amenya ko yakuyemo n’inda ya kabiri.

Uyu mukinnyikazi kandi akaba yanatangaje ko yumva ko igihe yakuragamo inda ya kabiri byatumye nyababyeyi ye igira ikibazo bigatuma atabasha gusama indi nda n’imwe. Aha twabibutsa ko abahungu batari bake barimo Diamond Platnumz cyo kimwe na Idriss Sultan bari mu bantu bateye inda Wema Sepetu ariko zikavamo.

Ndacyayisenga Jerome
Inkuru Iheruka

Malawi: Abarundi n’Abanyarwanda bari mu bibasiwe n’ibikorwa by’urugomo ku banyamahanga

Inkuru Ikurikira

Sekikubo Barafinda ashobora gukurikiranwa na RIB impurirane z’ibyaha

Inkuru Ikurikira
Sekikubo Barafinda ashobora gukurikiranwa na RIB impurirane z’ibyaha

Sekikubo Barafinda ashobora gukurikiranwa na RIB impurirane z'ibyaha

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

  • Izijyezweho
  • Ibitekerezo
  • Iziheruka
Breaking news: Col Rugema Emmanuel wari Umuyobozi mukuru wa RUD URUNANA yishwe

Breaking news: Col Rugema Emmanuel wari Umuyobozi mukuru wa RUD URUNANA yishwe

October 23, 2020
Ubusesenguzi: Ninde ugiye kuyobora Intara y’Amajyaruguru?

Ubusesenguzi: Ninde ugiye kuyobora Intara y’Amajyaruguru?

June 1, 2020
Ubushakashatsi bwagaragaje ko Urumogi rufite ubushobozi bwo kuvura Covid-19 kurusha indi miti yose irimo kwifashishwa

Ubushakashatsi bwagaragaje ko Urumogi rufite ubushobozi bwo kuvura Covid-19 kurusha indi miti yose irimo kwifashishwa

December 16, 2020
Breaking News: Jenerali Nsengiyumva Secyugu Gabral wari ukuriye Operasiyo za Gisilikare muri FDLR yishwe

Breaking News: Jenerali Nsengiyumva Secyugu Gabral wari ukuriye Operasiyo za Gisilikare muri FDLR yishwe

October 24, 2020
Ingabire Marie Immaculee yateye utwatsi abamusaba kwiyamamariza kuyobora igihugu

Ingabire Marie Immaculee yateye utwatsi abamusaba kwiyamamariza kuyobora igihugu

5
Ubucukumbuzi:Ninde uzabazwa ubwicanyi busa na Jenoside buri gukorerwa abanyamulenge?

Ubucukumbuzi:Ninde uzabazwa ubwicanyi busa na Jenoside buri gukorerwa abanyamulenge?

4
Icyo Abahanga mu bya Bibiliya bavuga ku rupfu rwa Kizito Mihigo n’isomerwa Misa rye

Icyo Abahanga mu bya Bibiliya bavuga ku rupfu rwa Kizito Mihigo n’isomerwa Misa rye

4
Me. Ntaganda Bernard akomeje kwiyitirira ishyaka PS Imberakuri avuga ibyo ashatse k’u Rwanda

Me. Ntaganda Bernard akomeje kwiyitirira ishyaka PS Imberakuri avuga ibyo ashatse k’u Rwanda

3
DRC: Abahagarariye Ibihugu Byabo Ntibemerewe Kurenga Kinshasa Nta Ruhushya

DRC: Abahagarariye Ibihugu Byabo Ntibemerewe Kurenga Kinshasa Nta Ruhushya

February 25, 2021
Rwanda: Jean Claude Iyamuremye yanenzwe kwiregura ko ‘nyina ari umututsi’ bityo atishe abatutsi

Rwanda: Jean Claude Iyamuremye yanenzwe kwiregura ko ‘nyina ari umututsi’ bityo atishe abatutsi

February 25, 2021
RDC: Mu ntara 4 honyine habarurwa imitwe irenga 100 y’inyeshyamba, naho 8 niyo imaze gusenyuka muri 2019

RDC: Mu ntara 4 honyine habarurwa imitwe irenga 100 y’inyeshyamba, naho 8 niyo imaze gusenyuka muri 2019

February 25, 2021
RCA: Ingabo zirimo  iz’u Rwanda zafashe icumbi  rya François Bozizé uyobora CPC

RCA: Ingabo zirimo iz’u Rwanda zafashe icumbi rya François Bozizé uyobora CPC

February 25, 2021
Facebook Twitter

Aboturibo

Rwanda Tribune

Rwanda Tribune ni ikinyamakuru cyandikirwa i Kigali kigasohoka kuri murandasi. Intego y'iki kinyamakuru ni ukubagezaho amakuru y'ukuri nyakuri.

Contacts

Marketing: 0788663576
Editor: 0780341467
Management: 0788531713
Emails: info@rwandatribune.com

  • English
  • French
  • Tribune Tv
  • Amategeko agenga Ubwanditsi
  • Tuvugishe
  • Ubufasha

© 2020 Rwanda Tribune Developed by Codity.

  • AHABANZA
  • Politike
    • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
    • Amateka
  • TRIBUNETV

© 2020 Rwanda Tribune Developed by Codity.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms bellow to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist