• Languages
  • English
  • Francais
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
14 °c
Kigali
21 ° Sat
21 ° Sun
21 ° Mon
20 ° Tue
Friday, February 26, 2021
  • AHABANZA
  • Politike
    • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
    • Amateka
  • TRIBUNETV
  • AHABANZA
  • Politike
    • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
    • Amateka
  • TRIBUNETV
Ntabyabonetse
Reba Byose
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
Ahabanza Imyidagaduro

Robertinho yahishuye byinshi ku mukino afitanye na APR FC muri CAF Champions League

Na dorcas
November 12, 2020
Muri Imyidagaduro, Nyamukuru, Uncategorized
10 0
0
Robertinho yahishuye byinshi ku mukino afitanye na APR FC muri CAF Champions League
7
Yasangijwe
145
Yasuwe
WhastappShare on FacebookShare on Twitter

Umutoza wa Gor Mahia,Roberto Oliveira uzwi nka Robertinho yabwiye ibinyamakuru byo muri Kenya ko ari gukarishya imyitozo ku bakinnyi be kugira ngo azasezerere APR FC mu ijonjora rya mbere.

Mu mukino witezwe na benshi mu Banyarwanda ndetse n’abanya Kenya kuwa 28 Ugushyingo 2020,APR FC izakira Gor Mahia mu mukino ubanza w’ijonjora rya mbere rya CAF Champions League.

Nyuma ya Tombola, Roberto Oliveira yabwiye abanya Kenya ko umukino we na APR FC ukomeye ariko ari guha abakinnyi be imyitozo ikarishye kugira ngo bazayikuremo.
Yagize ati “Umukino uri mu byumweru 2 biri imbere ariko icyo navuga nuko imyitozo yacu iri ku rwego rwo hejuru.

APR FC ni ikipe ikomeye,uyu mukino uzaba ukomeye.Twarayitsinze ubwo natozaga Rayon Sports ariko sinashyingira kuri ibyo kuko ibintu byarahindutse nabo bafite abakinnyi bashya.Ikirenzeho imikinire nayo irahinduka.”

Robertinho w’imyaka 60 yavuze ko yizeye abakinnyi be kandi ngo intego ye nuko Gor nibura yagera muri ¼ cy’iri rushanwa.

Ati “Mfite abakinnyi bakomeye bashoboye gutanga umusaruro mwiza mu kibuga.Gusa tugomba gukora cyane kugira ngo twizere kubona umusaruro mwiza.
Ntabwo nahishura amayeri nzakoresha kugira ngo tuzatsinde ariko turi gukarishya buri gice cyose cy’ikipe yacu.Ikipe yacu ibereye guhatana kandi buri wese ari gukora cyane kugira ngo tuzatsinde.”

Mu mwaka w’imikino ushize,Gor Mahia yasezereye Aigle Noir mu ijonjora rya mbere iyitsinze ibitego 5-1 mu mikino yombi gusa mu kiciro cyakurikiyeho yanyagiwe na USM Algiers ibitego 6-1 mu mikino 2.

Ikipe izatsinda hagati ya Gor Mahia na APR izahura n’izatsinda hagati ya Al Nasr yo mu Misiri na CR Belouizdad ya Algeria.
Ku rundi ruhande,umutoza wa APR FC yabwiye TV10 mu minsi ishize ko nabo biteguye uyu mukino.

Ati “Gor Mahia ni ikipe ifite ibigwi.Twebwe tugomba kwitegura neza uyu mukino kugira ngo tugere ku ntego zacu zo kugera mu matsinda duhereye ku giciro gikurikiraho.
Tuzakora cyane,tuzakorana ubwenge kugira ngo tugere ku ntego yacu.Icyo nasezeranya abafana ba APR FC nuko tububaha,twubaha umuryango wa APR FC n’abakunzi b’umupira w’amaguru mu Rwanda bose.Tuzakora 100% kugira ngo tugere mu kiciro gikurikiraho.”

Dukuze Dorcas

Inkuru Iheruka

Walikale: Abantu 5 bishwe n’Inkuba muri Walikale

Inkuru Ikurikira

Kayumba Rugema ati:ntabwo FPR INKOTANYI ari abicanyi,ahubwo Opozisiyo nimwe bicanyi!

Inkuru Ikurikira
Breaking News:Rugema Kayumba yanyomoje RNC kuri dosiye ya Ben Rutabana ni ya Mudathiru

Kayumba Rugema ati:ntabwo FPR INKOTANYI ari abicanyi,ahubwo Opozisiyo nimwe bicanyi!

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

  • Izijyezweho
  • Ibitekerezo
  • Iziheruka
Breaking news: Col Rugema Emmanuel wari Umuyobozi mukuru wa RUD URUNANA yishwe

Breaking news: Col Rugema Emmanuel wari Umuyobozi mukuru wa RUD URUNANA yishwe

October 23, 2020
Ubusesenguzi: Ninde ugiye kuyobora Intara y’Amajyaruguru?

Ubusesenguzi: Ninde ugiye kuyobora Intara y’Amajyaruguru?

June 1, 2020
Ubushakashatsi bwagaragaje ko Urumogi rufite ubushobozi bwo kuvura Covid-19 kurusha indi miti yose irimo kwifashishwa

Ubushakashatsi bwagaragaje ko Urumogi rufite ubushobozi bwo kuvura Covid-19 kurusha indi miti yose irimo kwifashishwa

December 16, 2020
Breaking News: Jenerali Nsengiyumva Secyugu Gabral wari ukuriye Operasiyo za Gisilikare muri FDLR yishwe

Breaking News: Jenerali Nsengiyumva Secyugu Gabral wari ukuriye Operasiyo za Gisilikare muri FDLR yishwe

October 24, 2020
Ingabire Marie Immaculee yateye utwatsi abamusaba kwiyamamariza kuyobora igihugu

Ingabire Marie Immaculee yateye utwatsi abamusaba kwiyamamariza kuyobora igihugu

5
Ubucukumbuzi:Ninde uzabazwa ubwicanyi busa na Jenoside buri gukorerwa abanyamulenge?

Ubucukumbuzi:Ninde uzabazwa ubwicanyi busa na Jenoside buri gukorerwa abanyamulenge?

4
Icyo Abahanga mu bya Bibiliya bavuga ku rupfu rwa Kizito Mihigo n’isomerwa Misa rye

Icyo Abahanga mu bya Bibiliya bavuga ku rupfu rwa Kizito Mihigo n’isomerwa Misa rye

4
Me. Ntaganda Bernard akomeje kwiyitirira ishyaka PS Imberakuri avuga ibyo ashatse k’u Rwanda

Me. Ntaganda Bernard akomeje kwiyitirira ishyaka PS Imberakuri avuga ibyo ashatse k’u Rwanda

3
DRC: Abahagarariye Ibihugu Byabo Ntibemerewe Kurenga Kinshasa Nta Ruhushya

DRC: Abahagarariye Ibihugu Byabo Ntibemerewe Kurenga Kinshasa Nta Ruhushya

February 25, 2021
Rwanda: Jean Claude Iyamuremye yanenzwe kwiregura ko ‘nyina ari umututsi’ bityo atishe abatutsi

Rwanda: Jean Claude Iyamuremye yanenzwe kwiregura ko ‘nyina ari umututsi’ bityo atishe abatutsi

February 25, 2021
RDC: Mu ntara 4 honyine habarurwa imitwe irenga 100 y’inyeshyamba, naho 8 niyo imaze gusenyuka muri 2019

RDC: Mu ntara 4 honyine habarurwa imitwe irenga 100 y’inyeshyamba, naho 8 niyo imaze gusenyuka muri 2019

February 25, 2021
RCA: Ingabo zirimo  iz’u Rwanda zafashe icumbi  rya François Bozizé uyobora CPC

RCA: Ingabo zirimo iz’u Rwanda zafashe icumbi rya François Bozizé uyobora CPC

February 25, 2021
Facebook Twitter

Aboturibo

Rwanda Tribune

Rwanda Tribune ni ikinyamakuru cyandikirwa i Kigali kigasohoka kuri murandasi. Intego y'iki kinyamakuru ni ukubagezaho amakuru y'ukuri nyakuri.

Contacts

Marketing: 0788663576
Editor: 0780341467
Management: 0788531713
Emails: info@rwandatribune.com

  • English
  • French
  • Tribune Tv
  • Amategeko agenga Ubwanditsi
  • Tuvugishe
  • Ubufasha

© 2020 Rwanda Tribune Developed by Codity.

  • AHABANZA
  • Politike
    • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
    • Amateka
  • TRIBUNETV

© 2020 Rwanda Tribune Developed by Codity.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms bellow to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist