• Languages
  • English
  • Francais
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
14 °c
Kigali
21 ° Sat
21 ° Sun
21 ° Mon
20 ° Tue
Friday, February 26, 2021
  • AHABANZA
  • Politike
    • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
    • Amateka
  • TRIBUNETV
  • AHABANZA
  • Politike
    • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
    • Amateka
  • TRIBUNETV
Ntabyabonetse
Reba Byose
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
Ahabanza Imyidagaduro

Tanzaniya: Perezida Magufuri yubatsemo icyizere Harmonize cyo kuziyamamariza kuyobora muri Tanzaniya

Na Muyobozi Jerome
October 18, 2019
Muri Imyidagaduro, Mu mahanga
0 0
0
Tanzaniya: Perezida Magufuri yubatsemo icyizere Harmonize cyo kuziyamamariza kuyobora muri Tanzaniya

Prezida John Magufuli ashimira Harmonize ubwo yari yataramiye abaturage bari baje kumva ijambo rya Prezida

0
Yasangijwe
1
Yasuwe
WhastappShare on FacebookShare on Twitter

John Joseph Magufuli  uyobora Tanzaniya guhera mu 2015  ndetse akaba akunzwe cyane n’abanya-Tanzaniya,  yagiriye inama Harmonize ko yaziyamamariza kuyobora akarere atuyemo mu matora ateganyijwe kuba mu 2020.

Rajab Abdul Kahali wamamaye nka Harmonize wanatangiriye umuziki muri Wasafi ya Diamond ariko ubu bakaba baramaze gutandukana, yasusurukije abanya-Tanzaniya bari bagiye kumva impanuro za Perezida Magufuri mu gace Likangala kuwa kabiri taliki 15 Ukwakira 2019.

Harmonize usigaye akunze kuririmba indirimbo zisingiza Magufuli

Harmonize yaririmbye indirimbo ze zitandukanye nka “Magufuri” yaririmbye agaruka ku iterambere Magufuri amaze kugeza ku banya-Tanzaniya, aririmba iy’itwa “Never Give Up” ivugwamo urugendo rwe rwa muzika kuva agitangira n’izindi.

Ubwo Perezida Magufuri yagezaga ku baturage ijambo rye, yavuze ko yifuza kubona Harmonize yiyamamariza kuyobora kamwe mu turere dutandatu tugize Intara ya Mtwara muri Tanzania.

Perezida Magufuri yagize ati “Ndashaka gushimira byimazeyo Harmonize, uyu muhungu avuka mu kahe gace? Ni inde muyobozi wa Tandaimba. Ndifuza ko Harmonize yaziyamamariza kuyobora Akarere ka Tandaimba.”

Harmonize na we yahise ajya kuri Instagram avuga ko yashimishijwe bikomeye na perezida Magufuri aranamushimira kuko ngo ari mu bantu bamushyigikira, yanashimiye abayobozi batandukanye nka Minisitiri wa siporo n’abandi bamuhisemo ngo aririmbe muri uwo muhango.

Uyu muhanzi mu minsi ishize yatandukanye na Diamond bakoranaga muri WCB ndetse bakaba bari n’inshuti cyane maze afungura ku mugaragaro ‘Label’ ifasha abahanzi yise Konde Music Worldwide.

Rajab Abdul Kahali wamamaye nka Harmonize arinzwe cyane bikaze

Perezida Magufuri yifuza ko Harmonize yakwiyamamariza kuyobora akarere avukamo.

Ubwanditsi

Inkuru Iheruka

Perezida wa Turukiya yajugunye “mu myanda” (poubelle) ibaruwa ijyanye na Syria yandikiwe na Perezida Donald Trump.

Inkuru Ikurikira

Mu mahanga : Hari ubwoko muri Zimbabwe bugira amano abiri kuri buri kirenge.

Inkuru Ikurikira
Mu mahanga : Hari ubwoko muri Zimbabwe bugira amano abiri kuri buri kirenge.

Mu mahanga : Hari ubwoko muri Zimbabwe bugira amano abiri kuri buri kirenge.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

  • Izijyezweho
  • Ibitekerezo
  • Iziheruka
Breaking news: Col Rugema Emmanuel wari Umuyobozi mukuru wa RUD URUNANA yishwe

Breaking news: Col Rugema Emmanuel wari Umuyobozi mukuru wa RUD URUNANA yishwe

October 23, 2020
Ubusesenguzi: Ninde ugiye kuyobora Intara y’Amajyaruguru?

Ubusesenguzi: Ninde ugiye kuyobora Intara y’Amajyaruguru?

June 1, 2020
Ubushakashatsi bwagaragaje ko Urumogi rufite ubushobozi bwo kuvura Covid-19 kurusha indi miti yose irimo kwifashishwa

Ubushakashatsi bwagaragaje ko Urumogi rufite ubushobozi bwo kuvura Covid-19 kurusha indi miti yose irimo kwifashishwa

December 16, 2020
Breaking News: Jenerali Nsengiyumva Secyugu Gabral wari ukuriye Operasiyo za Gisilikare muri FDLR yishwe

Breaking News: Jenerali Nsengiyumva Secyugu Gabral wari ukuriye Operasiyo za Gisilikare muri FDLR yishwe

October 24, 2020
Ingabire Marie Immaculee yateye utwatsi abamusaba kwiyamamariza kuyobora igihugu

Ingabire Marie Immaculee yateye utwatsi abamusaba kwiyamamariza kuyobora igihugu

5
Ubucukumbuzi:Ninde uzabazwa ubwicanyi busa na Jenoside buri gukorerwa abanyamulenge?

Ubucukumbuzi:Ninde uzabazwa ubwicanyi busa na Jenoside buri gukorerwa abanyamulenge?

4
Icyo Abahanga mu bya Bibiliya bavuga ku rupfu rwa Kizito Mihigo n’isomerwa Misa rye

Icyo Abahanga mu bya Bibiliya bavuga ku rupfu rwa Kizito Mihigo n’isomerwa Misa rye

4
Me. Ntaganda Bernard akomeje kwiyitirira ishyaka PS Imberakuri avuga ibyo ashatse k’u Rwanda

Me. Ntaganda Bernard akomeje kwiyitirira ishyaka PS Imberakuri avuga ibyo ashatse k’u Rwanda

3
DRC: Abahagarariye Ibihugu Byabo Ntibemerewe Kurenga Kinshasa Nta Ruhushya

DRC: Abahagarariye Ibihugu Byabo Ntibemerewe Kurenga Kinshasa Nta Ruhushya

February 25, 2021
Rwanda: Jean Claude Iyamuremye yanenzwe kwiregura ko ‘nyina ari umututsi’ bityo atishe abatutsi

Rwanda: Jean Claude Iyamuremye yanenzwe kwiregura ko ‘nyina ari umututsi’ bityo atishe abatutsi

February 25, 2021
RDC: Mu ntara 4 honyine habarurwa imitwe irenga 100 y’inyeshyamba, naho 8 niyo imaze gusenyuka muri 2019

RDC: Mu ntara 4 honyine habarurwa imitwe irenga 100 y’inyeshyamba, naho 8 niyo imaze gusenyuka muri 2019

February 25, 2021
RCA: Ingabo zirimo  iz’u Rwanda zafashe icumbi  rya François Bozizé uyobora CPC

RCA: Ingabo zirimo iz’u Rwanda zafashe icumbi rya François Bozizé uyobora CPC

February 25, 2021
Facebook Twitter

Aboturibo

Rwanda Tribune

Rwanda Tribune ni ikinyamakuru cyandikirwa i Kigali kigasohoka kuri murandasi. Intego y'iki kinyamakuru ni ukubagezaho amakuru y'ukuri nyakuri.

Contacts

Marketing: 0788663576
Editor: 0780341467
Management: 0788531713
Emails: info@rwandatribune.com

  • English
  • French
  • Tribune Tv
  • Amategeko agenga Ubwanditsi
  • Tuvugishe
  • Ubufasha

© 2020 Rwanda Tribune Developed by Codity.

  • AHABANZA
  • Politike
    • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
    • Amateka
  • TRIBUNETV

© 2020 Rwanda Tribune Developed by Codity.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms bellow to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist