• Languages
  • English
  • Francais
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
14 °c
Kigali
21 ° Sat
21 ° Sun
21 ° Mon
20 ° Tue
Friday, February 26, 2021
  • AHABANZA
  • Politike
    • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
    • Amateka
  • TRIBUNETV
  • AHABANZA
  • Politike
    • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
    • Amateka
  • TRIBUNETV
Ntabyabonetse
Reba Byose
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
Ahabanza Imyidagaduro

Paul Muvunyi yageneye ubutumwa bukomeye Perezida mushya wa Rayon Sports

Na dorcas
November 16, 2020
Muri Imyidagaduro, Nyamukuru
9 0
0
Paul Muvunyi yageneye ubutumwa bukomeye Perezida mushya wa Rayon Sports
6
Yasangijwe
128
Yasuwe
WhastappShare on FacebookShare on Twitter

Uwahoze ari umuyobozi wa Rayon Sports, Paul Muvunyi, yageneye ubutumwa bukomeye komite nshya ya Rayon Sports iyobowe na Uwayezu Jean Fidele, mu muhango wo kumurika itsinda rishya ry’abafana ba Rayon Sports ryitwa Indatwa Fanclu.

Paul Muvunyi yibukije komite nshya ko Rayon Sports ari ikipe y’Abafana, ababwira ko nibajya mu karwa kabo bonyine, bazimenya.

Muvunyi kandi yakomeje avuga ko, abafana baba bakwiye kuba hafi cyane y’ikipe yabo kuko kuyiyobora bitorohera uwo ari we wese.

Yagize ati “Kuyobora Rayon, ni ukubana na bose kuva ku bato kugera ku bakuru. Turabashyigikiye bari mu nzira nziza. Uyoboye Rayon wese ni umuzigo agomba gushyigikirwa yabishaka atabishaka”.

Nyuma yo kwerekana ku mugaragaro iyi Fanclub, Muvunyi avuga ko iki gikorwa ari inyamibwa, kandi bazakomeza kuba hafi y’ikipe yabo.

Yagize ati “Ubusabane bwari bukenewe kuko abantu ntibaherukanaga. Icyo bisobanuye, ni uko tugomba gukomeza kuba hafi y’iyi kipe yacu kuko nitwe tugomba kuyifasha mu buzima bwa buri munsi.

Ni igikorwa cyabaye, hatumiwe ubuyobozi bwa Rayon Sports FC, hanagaragara abandi banyamuryago b’iyi Fancub, barimo Thadee, Muvunyi Paul, n’abandi batandukanye.

Muvunyi yasabye Perezida mushya wa Rayon Sports kubana na bose ntawe asize inyuma.




Dukuze Dorcas
















Inkuru Iheruka

Musanze: Inzu y’ubucuruzi yahiye irakongoka

Inkuru Ikurikira

Nta mucungagereza wanduye COVID-19, ntituramenya uko yinjiye muri gereza – SSP Uwera

Inkuru Ikurikira
Nta mucungagereza wanduye COVID-19, ntituramenya uko yinjiye muri gereza – SSP Uwera

Nta mucungagereza wanduye COVID-19, ntituramenya uko yinjiye muri gereza - SSP Uwera

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

  • Izijyezweho
  • Ibitekerezo
  • Iziheruka
Breaking news: Col Rugema Emmanuel wari Umuyobozi mukuru wa RUD URUNANA yishwe

Breaking news: Col Rugema Emmanuel wari Umuyobozi mukuru wa RUD URUNANA yishwe

October 23, 2020
Ubusesenguzi: Ninde ugiye kuyobora Intara y’Amajyaruguru?

Ubusesenguzi: Ninde ugiye kuyobora Intara y’Amajyaruguru?

June 1, 2020
Ubushakashatsi bwagaragaje ko Urumogi rufite ubushobozi bwo kuvura Covid-19 kurusha indi miti yose irimo kwifashishwa

Ubushakashatsi bwagaragaje ko Urumogi rufite ubushobozi bwo kuvura Covid-19 kurusha indi miti yose irimo kwifashishwa

December 16, 2020
Breaking News: Jenerali Nsengiyumva Secyugu Gabral wari ukuriye Operasiyo za Gisilikare muri FDLR yishwe

Breaking News: Jenerali Nsengiyumva Secyugu Gabral wari ukuriye Operasiyo za Gisilikare muri FDLR yishwe

October 24, 2020
Ingabire Marie Immaculee yateye utwatsi abamusaba kwiyamamariza kuyobora igihugu

Ingabire Marie Immaculee yateye utwatsi abamusaba kwiyamamariza kuyobora igihugu

5
Ubucukumbuzi:Ninde uzabazwa ubwicanyi busa na Jenoside buri gukorerwa abanyamulenge?

Ubucukumbuzi:Ninde uzabazwa ubwicanyi busa na Jenoside buri gukorerwa abanyamulenge?

4
Icyo Abahanga mu bya Bibiliya bavuga ku rupfu rwa Kizito Mihigo n’isomerwa Misa rye

Icyo Abahanga mu bya Bibiliya bavuga ku rupfu rwa Kizito Mihigo n’isomerwa Misa rye

4
Me. Ntaganda Bernard akomeje kwiyitirira ishyaka PS Imberakuri avuga ibyo ashatse k’u Rwanda

Me. Ntaganda Bernard akomeje kwiyitirira ishyaka PS Imberakuri avuga ibyo ashatse k’u Rwanda

3
DRC: Abahagarariye Ibihugu Byabo Ntibemerewe Kurenga Kinshasa Nta Ruhushya

DRC: Abahagarariye Ibihugu Byabo Ntibemerewe Kurenga Kinshasa Nta Ruhushya

February 25, 2021
Rwanda: Jean Claude Iyamuremye yanenzwe kwiregura ko ‘nyina ari umututsi’ bityo atishe abatutsi

Rwanda: Jean Claude Iyamuremye yanenzwe kwiregura ko ‘nyina ari umututsi’ bityo atishe abatutsi

February 25, 2021
RDC: Mu ntara 4 honyine habarurwa imitwe irenga 100 y’inyeshyamba, naho 8 niyo imaze gusenyuka muri 2019

RDC: Mu ntara 4 honyine habarurwa imitwe irenga 100 y’inyeshyamba, naho 8 niyo imaze gusenyuka muri 2019

February 25, 2021
RCA: Ingabo zirimo  iz’u Rwanda zafashe icumbi  rya François Bozizé uyobora CPC

RCA: Ingabo zirimo iz’u Rwanda zafashe icumbi rya François Bozizé uyobora CPC

February 25, 2021
Facebook Twitter

Aboturibo

Rwanda Tribune

Rwanda Tribune ni ikinyamakuru cyandikirwa i Kigali kigasohoka kuri murandasi. Intego y'iki kinyamakuru ni ukubagezaho amakuru y'ukuri nyakuri.

Contacts

Marketing: 0788663576
Editor: 0780341467
Management: 0788531713
Emails: info@rwandatribune.com

  • English
  • French
  • Tribune Tv
  • Amategeko agenga Ubwanditsi
  • Tuvugishe
  • Ubufasha

© 2020 Rwanda Tribune Developed by Codity.

  • AHABANZA
  • Politike
    • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
    • Amateka
  • TRIBUNETV

© 2020 Rwanda Tribune Developed by Codity.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms bellow to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist