• Languages
  • English
  • Francais
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
24 °c
Kigali
21 ° Wed
21 ° Thu
20 ° Fri
20 ° Sat
Tuesday, March 2, 2021
  • AHABANZA
  • Politike
    • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
    • Amateka
  • TRIBUNETV
  • AHABANZA
  • Politike
    • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
    • Amateka
  • TRIBUNETV
Ntabyabonetse
Reba Byose
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
Ahabanza Iyobokamana

Padiri muri Diyosezi ya Kabgayi afunzwe akekwaho gusambanya umwana w’umuhungu w’imyaka 17

Na ildefonse
February 12, 2021
Muri Iyobokamana, Nyamukuru, Politike, Ubuzima
68 3
0
Padiri muri Diyosezi ya Kabgayi afunzwe akekwaho gusambanya umwana w’umuhungu w’imyaka 17
51
Yasangijwe
1k
Yasuwe
WhastappShare on FacebookShare on Twitter

Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha RIB rwatangaje ko rwataye muri yombi Padiri Jean Baptiste Habimfura wo muri Paruwasi Ntarabana , Diyosezi ya Kabgayi aho akurikiranweho gusambanya umwana w’umuhungu w’imyaka 17 y’amavuko.

RIB ikomeza ivuga ko uyu mwana w’umuhugu wasambanijwe na Padiri yari asanzwe akorera abapadiri kuri Paruwasi ya Ntarabana.

RIB ikomeza ivuga ko uyu Habimfura Jean Baptiste yafatiwe ku mupaka wa Rusumo mu burasirazuba bw’u Rwanda agerageza gucika ubutabera bw’u Rwanda.

Umuvugizi w’umusigire wa RIB, Dr Murangira Thierry avuga ko Padiri Habimfura afungiye kuri Stasiyo ya RIB i Nyamabuye.

Inkuru Iheruka

Abarimo Umunya-Uganda barahabwa amahirwe yo kuyobora ICC

Inkuru Ikurikira

Burundi: Abaturage barasaba Perezida Ndayishimiye kugira icyo akora ku bwicanyi bubakorerwa

Inkuru Ikurikira
Burundi: Abaturage barasaba Perezida Ndayishimiye kugira icyo akora ku bwicanyi bubakorerwa

Burundi: Abaturage barasaba Perezida Ndayishimiye kugira icyo akora ku bwicanyi bubakorerwa

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

  • Izijyezweho
  • Ibitekerezo
  • Iziheruka
Breaking news: Col Rugema Emmanuel wari Umuyobozi mukuru wa RUD URUNANA yishwe

Breaking news: Col Rugema Emmanuel wari Umuyobozi mukuru wa RUD URUNANA yishwe

October 23, 2020
Ubusesenguzi: Ninde ugiye kuyobora Intara y’Amajyaruguru?

Ubusesenguzi: Ninde ugiye kuyobora Intara y’Amajyaruguru?

June 1, 2020
Ubushakashatsi bwagaragaje ko Urumogi rufite ubushobozi bwo kuvura Covid-19 kurusha indi miti yose irimo kwifashishwa

Ubushakashatsi bwagaragaje ko Urumogi rufite ubushobozi bwo kuvura Covid-19 kurusha indi miti yose irimo kwifashishwa

December 16, 2020
Breaking News: Jenerali Nsengiyumva Secyugu Gabral wari ukuriye Operasiyo za Gisilikare muri FDLR yishwe

Breaking News: Jenerali Nsengiyumva Secyugu Gabral wari ukuriye Operasiyo za Gisilikare muri FDLR yishwe

October 24, 2020
Ingabire Marie Immaculee yateye utwatsi abamusaba kwiyamamariza kuyobora igihugu

Ingabire Marie Immaculee yateye utwatsi abamusaba kwiyamamariza kuyobora igihugu

5
Ubucukumbuzi:Ninde uzabazwa ubwicanyi busa na Jenoside buri gukorerwa abanyamulenge?

Ubucukumbuzi:Ninde uzabazwa ubwicanyi busa na Jenoside buri gukorerwa abanyamulenge?

4
Icyo Abahanga mu bya Bibiliya bavuga ku rupfu rwa Kizito Mihigo n’isomerwa Misa rye

Icyo Abahanga mu bya Bibiliya bavuga ku rupfu rwa Kizito Mihigo n’isomerwa Misa rye

4
Me. Ntaganda Bernard akomeje kwiyitirira ishyaka PS Imberakuri avuga ibyo ashatse k’u Rwanda

Me. Ntaganda Bernard akomeje kwiyitirira ishyaka PS Imberakuri avuga ibyo ashatse k’u Rwanda

3
RDC:Col.Sematama Charles wari Komanda wa Rejima ya 3411 muri FARDC yatorotse ajya kwifatanya na Col.Makanika

DRC:Col.Makanika yemeje ko Col.Sematama yinjiye mu mutwe ayoboye wa Twirwaneho

March 2, 2021
Mu gihe ibitaro by’indwara zo mu mutwe byakwemeza ko Idamange Iryamugwiza arwaye ntiyaba agikurukiranywe n’ubutabera

Idamange agiye kwitaba urukiko ku nshuro ya mbere

March 2, 2021
Nigeria: Abanyeshuri b’abakobwa hafi 300 bari bashimuswe n’abitwaje intwaro barekuwe

Nigeria: Abanyeshuri b’abakobwa hafi 300 bari bashimuswe n’abitwaje intwaro barekuwe

March 2, 2021
Kibira-Burundi :imirwano iraca ibintu mu ishyamba  rya Kibira

Kibira-Burundi :imirwano iraca ibintu mu ishyamba rya Kibira

March 2, 2021
Facebook Twitter

Aboturibo

Rwanda Tribune

Rwanda Tribune ni ikinyamakuru cyandikirwa i Kigali kigasohoka kuri murandasi. Intego y'iki kinyamakuru ni ukubagezaho amakuru y'ukuri nyakuri.

Contacts

Marketing: 0788663576
Editor: 0780341467
Management: 0788531713
Emails: info@rwandatribune.com

  • English
  • French
  • Tribune Tv
  • Amategeko agenga Ubwanditsi
  • Tuvugishe
  • Ubufasha

© 2020 Rwanda Tribune Developed by Codity.

  • AHABANZA
  • Politike
    • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
    • Amateka
  • TRIBUNETV

© 2020 Rwanda Tribune Developed by Codity.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms bellow to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist