• Languages
  • English
  • Francais
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
19 °c
Kigali
20 ° Thu
19 ° Fri
20 ° Sat
18 ° Sun
Wednesday, March 3, 2021
  • AHABANZA
  • Politike
    • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
    • Amateka
  • TRIBUNETV
  • AHABANZA
  • Politike
    • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
    • Amateka
  • TRIBUNETV
Ntabyabonetse
Reba Byose
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
Ahabanza Nyamukuru

Minisitiri Shyaka yasabye insengero gufungura zizirikana no kwigisha kwirinda COVID-19

Na dorcas
February 20, 2021
Muri Nyamukuru, Ubuzima
3 0
0
Minisitiri Shyaka yasabye insengero gufungura zizirikana no kwigisha kwirinda COVID-19
2
Yasangijwe
43
Yasuwe
WhastappShare on FacebookShare on Twitter

Insengero zahawe uburenganzira bwo gukora nyuma y’ukwezi kurenga zifunze ariko zisabwa kuzuza ibisabwa mu kwirinda COVID-19, harimo kwakira 30% y’abo zisanzwe zakira.

Inama y’Abaminisitiri yateranye kuwa 19 Gashyantare yemeje imyanzuro itandukanye mu gukumira ikwirakwira ry’lcyorezo cya COVID-19.

Ni imyanzuro izatangira kubahirizwa kuva tariki ya 23 Gashyantare kugera tariki 15 Werurwe 2021, ibuza ingendo guhera saa mbili z’ijoro kugeza saa kumi za mu gitondo, ndetse ibikorwa byose byemerewe gukora bizajya bifunga saa kumi n’ebyiri za nimugoroba z’umugoroba.

Ni imyanzuro isaba ko imodoka zitwara abantu mu buryo bwa rusange zitagomba gutwara abantu barenze 75% by’umubare w’abantu zagenewe gutwara, ndetse abatwara za bisi basabwa kugenzura ko abagenzi bahana intera, kandi bagatwara gusa abambaye agapfukamunwa.

Insengero zahawe uburenganzira bwo gukora kuko zujuje ibisabwa mu kwirinda COVID-19, zemerewe kwakira 30% by’ubushobozi bwazo bwo kwakira abantu.

Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Shyaka Anastase, yasabye abafite insengero n’amatorero kubahiriza amabwiriza arimo gusiga intera, kwambara neza agapfukamunwa no gukaraba intoki n’amazi cyangwa umuti usukura intoki.

Yagize ati “Igikomeye mu nsengero turakorana mu bukangurambaga, ariko bafate akanya basobanurire abayoboke babo bababwire uko birinda iki cyorezo kugira ngo buri muyoboke atware ubwo butumwa kandi yirinde iki cyorezo, kandi basanzwe babidufasha.”

Minisitiri Shyaka asaba abayobozi b’inzego zibanze mu midugudu gukomeza gufasha abaturage kubahiriza amabwiriza mu kwirinda icyorezo cya Covid-19 cyane cyane mu kubarwarira mu rugo ariko hari nahaboneka icyuho.

Ati “Turifuza ko bafata mu nshingano kumenya ko abaturage babashinzwe kandi bafata inshingano, bumve ko ifasi bayirinda ibyago birimo na Covid-19.”

Minisitiri w’Ubuzima Dr Ngamije Daniel avuga ko n’ubwo bongeye kurekura ibikorwa icyorezo kigihari kandi imibare iri hejuru, asaba abanyarwanda gukomeza kwirinda, haba abagana restaurents, abagenda mu modoka zitwara abagenzi kubahiriza amabwiriza.

Avuga ko mu bushakatsi bakoze basanze abatwara moto barabonetsemo abarwyai b’icyorezo bakeya, naho abarwara imodoka, banki n’inzu z’yubwishingizi ngo nizo zabonetsemo abantu benshi bafite icyorezo cya Covid-19.

Inkuru Iheruka

Abagabo babiri b’abapasiteri muri Angilikani bashyingiranwe

Inkuru Ikurikira

CAR: Mu buryo butunguranye Abarwanyi ba CPC bari mu mujyi wa Bozoum baburiwe irengero

Inkuru Ikurikira
CAR: Mu buryo butunguranye  Abarwanyi ba CPC  bari mu mujyi wa Bozoum baburiwe irengero

CAR: Mu buryo butunguranye Abarwanyi ba CPC bari mu mujyi wa Bozoum baburiwe irengero

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

  • Izijyezweho
  • Ibitekerezo
  • Iziheruka
Breaking news: Col Rugema Emmanuel wari Umuyobozi mukuru wa RUD URUNANA yishwe

Breaking news: Col Rugema Emmanuel wari Umuyobozi mukuru wa RUD URUNANA yishwe

October 23, 2020
Ubusesenguzi: Ninde ugiye kuyobora Intara y’Amajyaruguru?

Ubusesenguzi: Ninde ugiye kuyobora Intara y’Amajyaruguru?

June 1, 2020
Ubushakashatsi bwagaragaje ko Urumogi rufite ubushobozi bwo kuvura Covid-19 kurusha indi miti yose irimo kwifashishwa

Ubushakashatsi bwagaragaje ko Urumogi rufite ubushobozi bwo kuvura Covid-19 kurusha indi miti yose irimo kwifashishwa

December 16, 2020
Breaking News: Jenerali Nsengiyumva Secyugu Gabral wari ukuriye Operasiyo za Gisilikare muri FDLR yishwe

Breaking News: Jenerali Nsengiyumva Secyugu Gabral wari ukuriye Operasiyo za Gisilikare muri FDLR yishwe

October 24, 2020
Ingabire Marie Immaculee yateye utwatsi abamusaba kwiyamamariza kuyobora igihugu

Ingabire Marie Immaculee yateye utwatsi abamusaba kwiyamamariza kuyobora igihugu

5
Ubucukumbuzi:Ninde uzabazwa ubwicanyi busa na Jenoside buri gukorerwa abanyamulenge?

Ubucukumbuzi:Ninde uzabazwa ubwicanyi busa na Jenoside buri gukorerwa abanyamulenge?

4
Icyo Abahanga mu bya Bibiliya bavuga ku rupfu rwa Kizito Mihigo n’isomerwa Misa rye

Icyo Abahanga mu bya Bibiliya bavuga ku rupfu rwa Kizito Mihigo n’isomerwa Misa rye

4
Me. Ntaganda Bernard akomeje kwiyitirira ishyaka PS Imberakuri avuga ibyo ashatse k’u Rwanda

Me. Ntaganda Bernard akomeje kwiyitirira ishyaka PS Imberakuri avuga ibyo ashatse k’u Rwanda

3
Tanzania: Kilziya Gatolika irashinja Leta kwirengagiza Covid-19 imaze kuyitwara Abihayimana 85

Tanzania: Kilziya Gatolika irashinja Leta kwirengagiza Covid-19 imaze kuyitwara Abihayimana 85

March 3, 2021
Ipfunwe rya Jean Marie Vianney Ndagijimana ritumye agana inkiko mu mahugu!

Ipfunwe rya Jean Marie Vianney Ndagijimana ritumye agana inkiko mu mahugu!

March 3, 2021
Guhera kuwa Gatanu inkingo zageze mu Rwanda ziratangira gutangwa

Guhera kuwa Gatanu inkingo zageze mu Rwanda ziratangira gutangwa

March 3, 2021
Kwishyura  abakozi badakora, kimwe mu byateje ibihombo abakoresha muri Covid -19

Kwishyura abakozi badakora, kimwe mu byateje ibihombo abakoresha muri Covid -19

March 3, 2021
Facebook Twitter

Aboturibo

Rwanda Tribune

Rwanda Tribune ni ikinyamakuru cyandikirwa i Kigali kigasohoka kuri murandasi. Intego y'iki kinyamakuru ni ukubagezaho amakuru y'ukuri nyakuri.

Contacts

Marketing: 0788663576
Editor: 0780341467
Management: 0788531713
Emails: info@rwandatribune.com

  • English
  • French
  • Tribune Tv
  • Amategeko agenga Ubwanditsi
  • Tuvugishe
  • Ubufasha

© 2020 Rwanda Tribune Developed by Codity.

  • AHABANZA
  • Politike
    • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
    • Amateka
  • TRIBUNETV

© 2020 Rwanda Tribune Developed by Codity.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms bellow to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist