• Languages
  • English
  • Francais
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
19 °c
Kigali
20 ° Thu
19 ° Fri
20 ° Sat
18 ° Sun
Wednesday, March 3, 2021
  • AHABANZA
  • Politike
    • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
    • Amateka
  • TRIBUNETV
  • AHABANZA
  • Politike
    • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
    • Amateka
  • TRIBUNETV
Ntabyabonetse
Reba Byose
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
Ahabanza Imyidagaduro

Menya Umuhungu Ugukunda byukuri wa mwari we!

Na Ally Jado
January 2, 2021
Muri Imyidagaduro, Nyamukuru, Ubucukumbuzi, Ubuzima, Udushya
9 1
0
Menya Umuhungu Ugukunda byukuri wa mwari we!
7
Yasangijwe
144
Yasuwe
WhastappShare on FacebookShare on Twitter

Dore Inama zigirwa abakobwa bari mu rukundo

Umuhungu ugukunda byukuri akubwiza ukuri iyo abonye hari ibitagenda neza mu

Rukundo.

.umuhungu nubona yitaye ku kuntu uteye gusa ntiyite kubyo muhura nabyo mu rukundo rwanyu uzamenye ko yifitiye abandi.

Umuhungu ugukunda agufiteho gahunda ashimishwa n’urukundo mufitanye, bikamunyura , kumuha umwanya biba bimuhagije,

ariko uzagusaba ko muryamana ngo n’ukumwereka ko umukunda, uzamenye ko bizarangira agahita agusiga.

nshuti zanjye bakobwa, akenshi mukunda kugira ingeso yo kumva ko umuhungu ariwe ugomba kwita k’urukundo gusa…Iri kosa rirakomeye, n’ukuri umuhungu nabona utamwitayeho nawe azajya yumva ko utamukeneye.

Mwereke ko umwitayeho, Mushimire igihe aguhamagaye, mugishe Inama igihe ugiza ikibazo, Mubwire ko wifuza ko Yagutembereza mukajya ahantu mukaganira, nibindi byubaka umubano wanyu.

Nuramuka uciye inyuma umuhungu mukundana kandi ubizi neza ko we atabikora, nshuti yanjye, Aka ni agasuzuguro gakomeye uba umweretse ,

niba nawe ari inyangamugayo igihe cyose azabimenyera bizamutera agahinda gakomeye.

Dore inama nakugira niba byarakubayeho:

-Uzamubaze niba mu buzima bwe yifuza kuzashakana numukobwa w’isugi.

*Niwumva akubwiye Yego(ko yifuza isugi)

“Uzamubwize ukuri kubyakubayeho ,amenye ukuri hakiri kare, niba abyakira abyakire .

*Nasubiza oya

“uzabizibukire ntubivuge ariko nawe ntuzongere ukundi.

Umuhungu ugushakaho Sex gusa ahora agusaba kumusura byahato nahato, nujyayo rwose ntiwibwire ko uzatahana ubukobwa bwawe, niba bibayeho ko muryamana bitaganiriweho mumenye ko muri mu makosa.

Umukobwa ni umunyembaraga k’umuhungu, umuhungu ugukunda byukuri arakumvira , icyo umubujije arakumva, ariko wa wundi usuzugura inama zawe, menya ko mutazajya mwumvikana.

Mukobwa ntukumve ko umuhungu ari banki yawe, Niba ukeneye amavuta umuhungu mutarabana ntago ari papa wawe, ntukamwereke ko ubeshejweho namafaranga ye.

 Abakobwa bamwe nabamwe bazwiho kuvuga abahungu, numuco mubi , iyo ugiye ukavuga ibyo wabonye kumuhungu ,aho intege nke ze ziri, utuma nuwo aterese amuzi amuca amazi akamubona mu ishusho itari nziza.

Kuki wumva ko uwo mwashwanye yabaho adafite undi umunyuze.?

 Iyo Wiyubashye nawe urubahwa_ntabwo wabura umuhungu ugukunda ubaye wiyubaha, barakurwanira kandi ukabona umusore ukubereye.

Tendeka nibyiza uriteganyirije ariko umunsi ibyo wubatse bizasenyuka , uzasigara uhagaze gusa ntanumwe ugucira akari urutega.

Kunda umwe, abo bandi wongeyeho nibo bazagusenyera n’urugo igihe uzaba warashatse, mwibuke ko abagabo bafuhira abagore babo muri kamere yabo.

Dukuze Dorcas

Inkuru Iheruka

Madamu Samaki, Umukobwa Mwiza Wibera mu Nyanja Ese abaho koko?Menya Umuntu wamurobye uko byamugendekeye ?

Inkuru Ikurikira

Inyoni yo mubwoko bwa CONDOR (KONDORO) yazamutse ibirometero birenga 100 idakubise amababa

Inkuru Ikurikira
Inyoni yo mubwoko bwa CONDOR (KONDORO) yazamutse ibirometero birenga 100 idakubise amababa

Inyoni yo mubwoko bwa CONDOR (KONDORO) yazamutse ibirometero birenga 100 idakubise amababa

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

  • Izijyezweho
  • Ibitekerezo
  • Iziheruka
Breaking news: Col Rugema Emmanuel wari Umuyobozi mukuru wa RUD URUNANA yishwe

Breaking news: Col Rugema Emmanuel wari Umuyobozi mukuru wa RUD URUNANA yishwe

October 23, 2020
Ubusesenguzi: Ninde ugiye kuyobora Intara y’Amajyaruguru?

Ubusesenguzi: Ninde ugiye kuyobora Intara y’Amajyaruguru?

June 1, 2020
Ubushakashatsi bwagaragaje ko Urumogi rufite ubushobozi bwo kuvura Covid-19 kurusha indi miti yose irimo kwifashishwa

Ubushakashatsi bwagaragaje ko Urumogi rufite ubushobozi bwo kuvura Covid-19 kurusha indi miti yose irimo kwifashishwa

December 16, 2020
Breaking News: Jenerali Nsengiyumva Secyugu Gabral wari ukuriye Operasiyo za Gisilikare muri FDLR yishwe

Breaking News: Jenerali Nsengiyumva Secyugu Gabral wari ukuriye Operasiyo za Gisilikare muri FDLR yishwe

October 24, 2020
Ingabire Marie Immaculee yateye utwatsi abamusaba kwiyamamariza kuyobora igihugu

Ingabire Marie Immaculee yateye utwatsi abamusaba kwiyamamariza kuyobora igihugu

5
Ubucukumbuzi:Ninde uzabazwa ubwicanyi busa na Jenoside buri gukorerwa abanyamulenge?

Ubucukumbuzi:Ninde uzabazwa ubwicanyi busa na Jenoside buri gukorerwa abanyamulenge?

4
Icyo Abahanga mu bya Bibiliya bavuga ku rupfu rwa Kizito Mihigo n’isomerwa Misa rye

Icyo Abahanga mu bya Bibiliya bavuga ku rupfu rwa Kizito Mihigo n’isomerwa Misa rye

4
Me. Ntaganda Bernard akomeje kwiyitirira ishyaka PS Imberakuri avuga ibyo ashatse k’u Rwanda

Me. Ntaganda Bernard akomeje kwiyitirira ishyaka PS Imberakuri avuga ibyo ashatse k’u Rwanda

3
Tanzania: Kilziya Gatolika irashinja Leta kwirengagiza Covid-19 imaze kuyitwara Abihayimana 85

Tanzania: Kilziya Gatolika irashinja Leta kwirengagiza Covid-19 imaze kuyitwara Abihayimana 85

March 3, 2021
Ipfunwe rya Jean Marie Vianney Ndagijimana ritumye agana inkiko mu mahugu!

Ipfunwe rya Jean Marie Vianney Ndagijimana ritumye agana inkiko mu mahugu!

March 3, 2021
Guhera kuwa Gatanu inkingo zageze mu Rwanda ziratangira gutangwa

Guhera kuwa Gatanu inkingo zageze mu Rwanda ziratangira gutangwa

March 3, 2021
Kwishyura  abakozi badakora, kimwe mu byateje ibihombo abakoresha muri Covid -19

Kwishyura abakozi badakora, kimwe mu byateje ibihombo abakoresha muri Covid -19

March 3, 2021
Facebook Twitter

Aboturibo

Rwanda Tribune

Rwanda Tribune ni ikinyamakuru cyandikirwa i Kigali kigasohoka kuri murandasi. Intego y'iki kinyamakuru ni ukubagezaho amakuru y'ukuri nyakuri.

Contacts

Marketing: 0788663576
Editor: 0780341467
Management: 0788531713
Emails: info@rwandatribune.com

  • English
  • French
  • Tribune Tv
  • Amategeko agenga Ubwanditsi
  • Tuvugishe
  • Ubufasha

© 2020 Rwanda Tribune Developed by Codity.

  • AHABANZA
  • Politike
    • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
    • Amateka
  • TRIBUNETV

© 2020 Rwanda Tribune Developed by Codity.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms bellow to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist