• Languages
  • English
  • Francais
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
14 °c
Kigali
21 ° Sat
21 ° Sun
21 ° Mon
20 ° Tue
Friday, February 26, 2021
  • AHABANZA
  • Politike
    • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
    • Amateka
  • TRIBUNETV
  • AHABANZA
  • Politike
    • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
    • Amateka
  • TRIBUNETV
Ntabyabonetse
Reba Byose
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
Ahabanza Imyidagaduro

Masai ngo urukundo akunda P.Kagame rwatumye azana Giants of Africa Festival mu Rwanda

Na Aisha
February 21, 2020
Muri Imyidagaduro, Nyamukuru
0 0
0
Masai ngo urukundo akunda P.Kagame rwatumye azana Giants of Africa Festival mu Rwanda
0
Yasangijwe
6
Yasuwe
WhastappShare on FacebookShare on Twitter

Umuyobozi w’icyubahiro wa Toronto Raptors ikina Shampiyona ya Basketball muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (NBA), Masai Ujiri washinze Giants of Africa yavuze ko icyatumye iserukiramuco ry’Umukino wa Basketball rizwi nka Giants of Africa Festival arizana mu Rwanda ari uko ari igihugu kiyobowe n’umuperezida akunda.

Iri serukiramuco rizaba kuva tariki ya 16-22 Kanama 2020, rikazabera i Kigali mu mikino y’abakiri bato bafite impano mu bihugu 11 byaAfrica.

Masai Ujiri yashimiye u Rwanda rwemeye kwakira ririya serukiramuco avuga ari umwanya urubyuruko rubonye ngo ruganire ku Mico y’ibihugu bitandukanye byo muri Africa.

Perezida-Kagame-na-Masai-batanze-ikiganiro

Ati “Ni iby’agaciro kuba urubyiruko rwa Africa rufite imyitwarire myiza, tugerageza gushaka uburyo bwose bwafasha uru rubyuruko ngo rukure neza, twizera ko GOA (Giants of Africa) itagomba kubafasha gusa muri Basketball ahubwo igomba kubafasha mu Burezi, Umuco, Imyidagaduro ndetse n’ibindi bikorwa byose bifitanye isano na Siporo tubafasha kwibumbira hamwe.”

Perezida-Kagame-yavuze-ko-abazitabira-ririya-serukiramuco-bazaza-bisanga-mu-Rwanda

Yavuze ko icyamuteye guhitamo kuzana iri serukiramuco mu Rwanda ari ukuba yiyumvamo Perezeda w’u Rwanda, Paul Kagame.

Ati “Nakunze Perezida Paul Kagame turavugana buri gihe iyo yemeye ikintu aragikora, yaravuze ngo ngye kubaka Arena ahita ayubaka, ni yo mpamvu rero nange ngeraza kumwigiraho mu byo nkora.”

Ngo kiriya gikorwa kizatuma urubyiruko ruzakitabira rusangizanya byinshi birimo amateka y’umugabane wabibarutse.

Ati “Ibaze nawe umwana w’umukobwa cyangwa umuhungu waturutse mu Somali ari kugamira n’uwaturutse muri Nigeria cyangwa uwavuye Kenya, Senegal, Cameroon baganira n’uwo mu Rwanda ku mateka y’uyu mugabane, akenshi usanga ababa bana bazi umuco w’ibihugu bavukamo gusa. Bizaba bishimishije kubona aba bana baganira bungurana ibitekerezo.”

Umunyarwandakazi Sherrie Silver na we ari mu Rwanda

Avuga ko icyatumye ashinga uriya mushinga ‘Giants of Africa’ ari ibyo yakuriyemo mu gihugu k’iwabo muri Nigeria .

Masai wavukiye Zaria muri Leta ya Kaduna muri Nigeria mu 1970, avuga ko ubuzima yakuriyemo butamworoherezaga kuzamura impano ye kandi ko ibibazo nk’ibi biri mu bihugu byose muri Africa.

Uyu mushinga ‘Giants Of Africa’ watangiye muri 2003 ukorera muri Nigeria, muri 2014 Masai atangira kuwukwirakwiza no mu bindi bihugu birimo n’u Rwanda.

Iri serukiramuco ritegerejwe i Kigali rizahuza ibihugu 11 aribyo; u Rwanda, Kenya, Nigeria, Uganda, Senegal, Mali, DR Congo, South Sudan, Tanzania,Cameroon  na Somalia.

Inkuru ya umuseke.com

 

 

Inkuru Iheruka

Sudani y’Epfo: Salva Kiir na Riek Machar bemeye leta y’ubumwe

Inkuru Ikurikira

Uganda yahagaritse pasiporo ya Mukankusi ushinzwe dipolomasi muri RNC

Inkuru Ikurikira
Uganda yahagaritse pasiporo ya Mukankusi ushinzwe dipolomasi muri RNC

Uganda yahagaritse pasiporo ya Mukankusi ushinzwe dipolomasi muri RNC

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

  • Izijyezweho
  • Ibitekerezo
  • Iziheruka
Breaking news: Col Rugema Emmanuel wari Umuyobozi mukuru wa RUD URUNANA yishwe

Breaking news: Col Rugema Emmanuel wari Umuyobozi mukuru wa RUD URUNANA yishwe

October 23, 2020
Ubusesenguzi: Ninde ugiye kuyobora Intara y’Amajyaruguru?

Ubusesenguzi: Ninde ugiye kuyobora Intara y’Amajyaruguru?

June 1, 2020
Ubushakashatsi bwagaragaje ko Urumogi rufite ubushobozi bwo kuvura Covid-19 kurusha indi miti yose irimo kwifashishwa

Ubushakashatsi bwagaragaje ko Urumogi rufite ubushobozi bwo kuvura Covid-19 kurusha indi miti yose irimo kwifashishwa

December 16, 2020
Breaking News: Jenerali Nsengiyumva Secyugu Gabral wari ukuriye Operasiyo za Gisilikare muri FDLR yishwe

Breaking News: Jenerali Nsengiyumva Secyugu Gabral wari ukuriye Operasiyo za Gisilikare muri FDLR yishwe

October 24, 2020
Ingabire Marie Immaculee yateye utwatsi abamusaba kwiyamamariza kuyobora igihugu

Ingabire Marie Immaculee yateye utwatsi abamusaba kwiyamamariza kuyobora igihugu

5
Ubucukumbuzi:Ninde uzabazwa ubwicanyi busa na Jenoside buri gukorerwa abanyamulenge?

Ubucukumbuzi:Ninde uzabazwa ubwicanyi busa na Jenoside buri gukorerwa abanyamulenge?

4
Icyo Abahanga mu bya Bibiliya bavuga ku rupfu rwa Kizito Mihigo n’isomerwa Misa rye

Icyo Abahanga mu bya Bibiliya bavuga ku rupfu rwa Kizito Mihigo n’isomerwa Misa rye

4
Me. Ntaganda Bernard akomeje kwiyitirira ishyaka PS Imberakuri avuga ibyo ashatse k’u Rwanda

Me. Ntaganda Bernard akomeje kwiyitirira ishyaka PS Imberakuri avuga ibyo ashatse k’u Rwanda

3
DRC: Abahagarariye Ibihugu Byabo Ntibemerewe Kurenga Kinshasa Nta Ruhushya

DRC: Abahagarariye Ibihugu Byabo Ntibemerewe Kurenga Kinshasa Nta Ruhushya

February 25, 2021
Rwanda: Jean Claude Iyamuremye yanenzwe kwiregura ko ‘nyina ari umututsi’ bityo atishe abatutsi

Rwanda: Jean Claude Iyamuremye yanenzwe kwiregura ko ‘nyina ari umututsi’ bityo atishe abatutsi

February 25, 2021
RDC: Mu ntara 4 honyine habarurwa imitwe irenga 100 y’inyeshyamba, naho 8 niyo imaze gusenyuka muri 2019

RDC: Mu ntara 4 honyine habarurwa imitwe irenga 100 y’inyeshyamba, naho 8 niyo imaze gusenyuka muri 2019

February 25, 2021
RCA: Ingabo zirimo  iz’u Rwanda zafashe icumbi  rya François Bozizé uyobora CPC

RCA: Ingabo zirimo iz’u Rwanda zafashe icumbi rya François Bozizé uyobora CPC

February 25, 2021
Facebook Twitter

Aboturibo

Rwanda Tribune

Rwanda Tribune ni ikinyamakuru cyandikirwa i Kigali kigasohoka kuri murandasi. Intego y'iki kinyamakuru ni ukubagezaho amakuru y'ukuri nyakuri.

Contacts

Marketing: 0788663576
Editor: 0780341467
Management: 0788531713
Emails: info@rwandatribune.com

  • English
  • French
  • Tribune Tv
  • Amategeko agenga Ubwanditsi
  • Tuvugishe
  • Ubufasha

© 2020 Rwanda Tribune Developed by Codity.

  • AHABANZA
  • Politike
    • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
    • Amateka
  • TRIBUNETV

© 2020 Rwanda Tribune Developed by Codity.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms bellow to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist