• Languages
  • English
  • Francais
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
20 °c
Kigali
20 ° Thu
19 ° Fri
20 ° Sat
18 ° Sun
Wednesday, March 3, 2021
  • AHABANZA
  • Politike
    • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
    • Amateka
  • TRIBUNETV
  • AHABANZA
  • Politike
    • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
    • Amateka
  • TRIBUNETV
Ntabyabonetse
Reba Byose
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
Ahabanza Nyamukuru

Kicukiro: Ikibazo cy’amazi mu murenge wa Masaka kiri kugenda kibonerwa umuti

Na ildefonse
December 31, 2020
Muri Nyamukuru, Ubuvugizi, Ubuzima
6 0
0
Kicukiro: Ikibazo cy’amazi mu murenge wa Masaka kiri kugenda kibonerwa umuti

Umunyamabanga nshingwabikorwa w'Umurenge wa Masaka

4
Yasangijwe
87
Yasuwe
WhastappShare on FacebookShare on Twitter

Ni kenshi hagiye havugwa ikibazo cy’amazi mu murenge wa Masaka abaturage bavuga ko kuyabona ari  intambara ariko Ubuyobozi bw’umurenge butangaza ko ubu batangiye kuyabona rimwe mu cyumweru Kandi hariho imirongo migari yo gukemura iki Kibazo burundu  kuburyo ngo mumpera za 2021 hazaba hari amazi ahagije.

Umunyamabanga nshingwabikorwa w’Umurenge wa Masaka

Umunyamabanga nshingwabikorwa w’umurenge wa Masaka, Segatashya Alex, avuga ko ubu abaturage babona amazi rimwe mu cyumweru , akavuga ko impamvu yateraga kubura amazi ari uko hari  imiyoboro mito y’amazi Kandi abaturage bariyongereye kubera uyu murenge uri guturwa cyane.

Ati” mu Rwego rwo gukemura iki kibazo hari kwagurwa umuyoboro w’amazi uturuka mu karere ka Rwamagana hamwe n’umuyoboro w’amazi uzaturuka mu karere ka Bugesera mu mushinga uyu murenge uri gufashwamo n’umujyi wa Kigali “.

Segatashya, Akomeza avuga ko ubu hatangiye kubakwa ibigega bizajya bifata amazi kuburyo ngo mu mpera z’umwaka wa 2021 ikibazo cy’amazi kizaba cyarakemutse

Umurenge wa Masaka ufite amasibo 416 , imidugudu 46, Utugari 6, ingo zisaga 5200 ukagira ubuso bungana na 56.2 Kirometero kare.

Nkundiye Eric Bertrand

Inkuru Iheruka

Umubaji w’amasanduku yatunguye benshi akoresha umurambo w’umunyamideli w’ikizungerezi mu kuyamamaza(Amafoto)

Inkuru Ikurikira

Maj.Mudaheranwa yahamijwe icyaha cyo kurasa umusore wamutereteraga umukobwa ahanishwa gufungwa burundu.

Inkuru Ikurikira
Maj.Mudaheranwa yahamijwe icyaha cyo kurasa umusore wamutereteraga umukobwa ahanishwa gufungwa burundu.

Maj.Mudaheranwa yahamijwe icyaha cyo kurasa umusore wamutereteraga umukobwa ahanishwa gufungwa burundu.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

  • Izijyezweho
  • Ibitekerezo
  • Iziheruka
Breaking news: Col Rugema Emmanuel wari Umuyobozi mukuru wa RUD URUNANA yishwe

Breaking news: Col Rugema Emmanuel wari Umuyobozi mukuru wa RUD URUNANA yishwe

October 23, 2020
Ubusesenguzi: Ninde ugiye kuyobora Intara y’Amajyaruguru?

Ubusesenguzi: Ninde ugiye kuyobora Intara y’Amajyaruguru?

June 1, 2020
Ubushakashatsi bwagaragaje ko Urumogi rufite ubushobozi bwo kuvura Covid-19 kurusha indi miti yose irimo kwifashishwa

Ubushakashatsi bwagaragaje ko Urumogi rufite ubushobozi bwo kuvura Covid-19 kurusha indi miti yose irimo kwifashishwa

December 16, 2020
Breaking News: Jenerali Nsengiyumva Secyugu Gabral wari ukuriye Operasiyo za Gisilikare muri FDLR yishwe

Breaking News: Jenerali Nsengiyumva Secyugu Gabral wari ukuriye Operasiyo za Gisilikare muri FDLR yishwe

October 24, 2020
Ingabire Marie Immaculee yateye utwatsi abamusaba kwiyamamariza kuyobora igihugu

Ingabire Marie Immaculee yateye utwatsi abamusaba kwiyamamariza kuyobora igihugu

5
Ubucukumbuzi:Ninde uzabazwa ubwicanyi busa na Jenoside buri gukorerwa abanyamulenge?

Ubucukumbuzi:Ninde uzabazwa ubwicanyi busa na Jenoside buri gukorerwa abanyamulenge?

4
Icyo Abahanga mu bya Bibiliya bavuga ku rupfu rwa Kizito Mihigo n’isomerwa Misa rye

Icyo Abahanga mu bya Bibiliya bavuga ku rupfu rwa Kizito Mihigo n’isomerwa Misa rye

4
Me. Ntaganda Bernard akomeje kwiyitirira ishyaka PS Imberakuri avuga ibyo ashatse k’u Rwanda

Me. Ntaganda Bernard akomeje kwiyitirira ishyaka PS Imberakuri avuga ibyo ashatse k’u Rwanda

3
Tanzania: Kilziya Gatolika irashinja Leta kwirengagiza Covid-19 imaze kuyitwara Abihayimana 85

Tanzania: Kilziya Gatolika irashinja Leta kwirengagiza Covid-19 imaze kuyitwara Abihayimana 85

March 3, 2021
Ipfunwe rya Jean Marie Vianney Ndagijimana ritumye agana inkiko mu mahugu!

Ipfunwe rya Jean Marie Vianney Ndagijimana ritumye agana inkiko mu mahugu!

March 3, 2021
Guhera kuwa Gatanu inkingo zageze mu Rwanda ziratangira gutangwa

Guhera kuwa Gatanu inkingo zageze mu Rwanda ziratangira gutangwa

March 3, 2021
Kwishyura  abakozi badakora, kimwe mu byateje ibihombo abakoresha muri Covid -19

Kwishyura abakozi badakora, kimwe mu byateje ibihombo abakoresha muri Covid -19

March 3, 2021
Facebook Twitter

Aboturibo

Rwanda Tribune

Rwanda Tribune ni ikinyamakuru cyandikirwa i Kigali kigasohoka kuri murandasi. Intego y'iki kinyamakuru ni ukubagezaho amakuru y'ukuri nyakuri.

Contacts

Marketing: 0788663576
Editor: 0780341467
Management: 0788531713
Emails: info@rwandatribune.com

  • English
  • French
  • Tribune Tv
  • Amategeko agenga Ubwanditsi
  • Tuvugishe
  • Ubufasha

© 2020 Rwanda Tribune Developed by Codity.

  • AHABANZA
  • Politike
    • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
    • Amateka
  • TRIBUNETV

© 2020 Rwanda Tribune Developed by Codity.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms bellow to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist