• Languages
  • English
  • Francais
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
20 °c
Kigali
20 ° Thu
19 ° Fri
20 ° Sat
18 ° Sun
Wednesday, March 3, 2021
  • AHABANZA
  • Politike
    • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
    • Amateka
  • TRIBUNETV
  • AHABANZA
  • Politike
    • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
    • Amateka
  • TRIBUNETV
Ntabyabonetse
Reba Byose
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
Ahabanza Imyidagaduro

Hamenyakanye Radio Nshya Tidjala Kabendera agiye gukorera

Na ildefonse
January 16, 2021
Muri Imyidagaduro, Nyamukuru
34 2
0
Umunyamakuru Tidjara Kabendera  yasezeye RBA amaze imyaka 18 akorera
26
Yasangijwe
515
Yasuwe
WhastappShare on FacebookShare on Twitter

Nyuma y’imyaka 18 yamaze akorera RBA  akaza gusezera ku buryo butunguranye mu Ukuboza 2020, kuri  ubu hamenyekanye Radio Nshya Tidjala Kabendera agiye gukorera.

Tidjala Kabendera yari amaze igihe akorera RBA

Amakuru dukesha Igihe  yemeza ko Tidjala Kabendera  hashize icyumweru asinye amasezerano yo gukorera Vision FM Radiyo yumvikanira ku murongo wa 104.1 FM.  

Bivugwa ko Tidjala Kabendera yasinyiye umunsi umwe na Rutaganda Joel wahoze akorera City Radio.

Kuwa 23 Ukuboza 2020 nibwo Urwego rw’Igihugu rw’itangazamakuru (RBA)rwatambukije ubutumwa busezera kuri Tdidjala Kabendera wari umaze imyaka 18 arukorera. Kuva icyo gihe abantu batandukanye batangiye gukeka ko Tidjala Kabendera ashobora kuba agiye kwikorera cyane ko hari hashize iminsi mike afunguye iduka ricuruza imyenda yise TK Cosmetics.

Inkuru Iheruka

Dutemberane muri Wisdom School, ishuri ryahagurukiye kurinda Covid-19 abana baryigamo(Amafoto)

Inkuru Ikurikira

PS Imberakuri:Depite Christine Mukabunani yamaganye Itangazo Me.Ntaganda yasohoye mu izina ry’ishyaka rye

Inkuru Ikurikira
PS Imberakuri:Depite Christine Mukabunani yamaganye Itangazo Me.Ntaganda yasohoye mu izina ry’ishyaka rye

PS Imberakuri:Depite Christine Mukabunani yamaganye Itangazo Me.Ntaganda yasohoye mu izina ry’ishyaka rye

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

  • Izijyezweho
  • Ibitekerezo
  • Iziheruka
Breaking news: Col Rugema Emmanuel wari Umuyobozi mukuru wa RUD URUNANA yishwe

Breaking news: Col Rugema Emmanuel wari Umuyobozi mukuru wa RUD URUNANA yishwe

October 23, 2020
Ubusesenguzi: Ninde ugiye kuyobora Intara y’Amajyaruguru?

Ubusesenguzi: Ninde ugiye kuyobora Intara y’Amajyaruguru?

June 1, 2020
Ubushakashatsi bwagaragaje ko Urumogi rufite ubushobozi bwo kuvura Covid-19 kurusha indi miti yose irimo kwifashishwa

Ubushakashatsi bwagaragaje ko Urumogi rufite ubushobozi bwo kuvura Covid-19 kurusha indi miti yose irimo kwifashishwa

December 16, 2020
Breaking News: Jenerali Nsengiyumva Secyugu Gabral wari ukuriye Operasiyo za Gisilikare muri FDLR yishwe

Breaking News: Jenerali Nsengiyumva Secyugu Gabral wari ukuriye Operasiyo za Gisilikare muri FDLR yishwe

October 24, 2020
Ingabire Marie Immaculee yateye utwatsi abamusaba kwiyamamariza kuyobora igihugu

Ingabire Marie Immaculee yateye utwatsi abamusaba kwiyamamariza kuyobora igihugu

5
Ubucukumbuzi:Ninde uzabazwa ubwicanyi busa na Jenoside buri gukorerwa abanyamulenge?

Ubucukumbuzi:Ninde uzabazwa ubwicanyi busa na Jenoside buri gukorerwa abanyamulenge?

4
Icyo Abahanga mu bya Bibiliya bavuga ku rupfu rwa Kizito Mihigo n’isomerwa Misa rye

Icyo Abahanga mu bya Bibiliya bavuga ku rupfu rwa Kizito Mihigo n’isomerwa Misa rye

4
Me. Ntaganda Bernard akomeje kwiyitirira ishyaka PS Imberakuri avuga ibyo ashatse k’u Rwanda

Me. Ntaganda Bernard akomeje kwiyitirira ishyaka PS Imberakuri avuga ibyo ashatse k’u Rwanda

3
Tanzania: Kilziya Gatolika irashinja Leta kwirengagiza Covid-19 imaze kuyitwara Abihayimana 85

Tanzania: Kilziya Gatolika irashinja Leta kwirengagiza Covid-19 imaze kuyitwara Abihayimana 85

March 3, 2021
Ipfunwe rya Jean Marie Vianney Ndagijimana ritumye agana inkiko mu mahugu!

Ipfunwe rya Jean Marie Vianney Ndagijimana ritumye agana inkiko mu mahugu!

March 3, 2021
Guhera kuwa Gatanu inkingo zageze mu Rwanda ziratangira gutangwa

Guhera kuwa Gatanu inkingo zageze mu Rwanda ziratangira gutangwa

March 3, 2021
Kwishyura  abakozi badakora, kimwe mu byateje ibihombo abakoresha muri Covid -19

Kwishyura abakozi badakora, kimwe mu byateje ibihombo abakoresha muri Covid -19

March 3, 2021
Facebook Twitter

Aboturibo

Rwanda Tribune

Rwanda Tribune ni ikinyamakuru cyandikirwa i Kigali kigasohoka kuri murandasi. Intego y'iki kinyamakuru ni ukubagezaho amakuru y'ukuri nyakuri.

Contacts

Marketing: 0788663576
Editor: 0780341467
Management: 0788531713
Emails: info@rwandatribune.com

  • English
  • French
  • Tribune Tv
  • Amategeko agenga Ubwanditsi
  • Tuvugishe
  • Ubufasha

© 2020 Rwanda Tribune Developed by Codity.

  • AHABANZA
  • Politike
    • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
    • Amateka
  • TRIBUNETV

© 2020 Rwanda Tribune Developed by Codity.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms bellow to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist