• Languages
  • English
  • Francais
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
14 °c
Kigali
21 ° Sat
21 ° Sun
21 ° Mon
20 ° Tue
Friday, February 26, 2021
  • AHABANZA
  • Politike
    • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
    • Amateka
  • TRIBUNETV
  • AHABANZA
  • Politike
    • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
    • Amateka
  • TRIBUNETV
Ntabyabonetse
Reba Byose
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
Ahabanza Nyamukuru

Gakenke,Isubukura ryamashuri ryaranzwe no kubahiriza amabwiriza yo kwirinda corona virus kurwego ruhambaye

Na dorcas
November 3, 2020
Muri Nyamukuru, Uburezi
4 1
0
Ibyo wamenya kuri Robert Fisk Umunyamakuru wahuye na Osama Bin Laden inshuro eshatu
3
Yasangijwe
66
Yasuwe
WhastappShare on FacebookShare on Twitter

Mugitondo cyo kuri uyu wa 02/11/2020 Nibwo Mu Rwanda hose ,Amashuri  yongeye  gufungura hubahirizwa amabwiriza yo kwirinda ikwirakwira rya corona virus  .

Ni nako mu mirenge itandukanye yo mukarere ka gakenke  byari  byifashe ,ubwo Umunyamakuru  wa rwandatribune  .com yageraga  mumurenge  wa cyabingo ,kwishuri ribanza rya MUHAZA (MUHAZA primary  school )  ,mumasaha ya saa  Kumi nebyiri yahasanze ,abalimu bazindutse iyarubika bafite akanyamuneza kenshi bishimiye kwakira abanyeshuri .

Ubwo Abanyeshuri batangiraga kuhagera ,abalimu babatondeshaga  ,umurongo hubahirizwa Intera ya metero  imwe (1m) ,ubundi bakabapima umuriro bakoresheje igipimo cyabugenewe ,bagakomereza kurukarabiro rugezweho ,maze bagakaraba intoki bakoresheje isabune  bakabona kwinjira mu mashuri .

Umunyamakuru  yaganiriye nabanyeshuri ababaza uko bakiriye kugaruka kwishuri ,uwitwa

Umuhoza caline ,yagize ati “ndishimye cyane kandi nezerewe no kongera  kubona abalimu ,bari kutwigisha  ,nkaba ngiye kwiga nshizeho umwete, kugirango tuzibe icyuho, kigihe  kigera kumezi umunane tumaze  tutiga .

Muhire  Jean Paul wiga mumwaka wagatandatu ,nawe yagize ati”  kwigira kuri radio byangoraga cyane ,none ubu ngarutse kwishuri ndishimye ,

Nubwo byagaragaragako biteguye neza ,hari imbogamizi abalimu ,bagifite ,zirimo  nko  kuba amasaha yo kugera kukazi  yiyongereye bakaba basabwe  kujya bahagera saa Kumi nebyiri ,ngo nyibiboroheye ,kuko ngo bamwe batuye  Kure yikigo ,

Umuyobozi wishuri Bwana BIMENYIMANA Aphrodis yatangarije rwandatribune  Ko Uzi munsi yari yiteze  kwakira abanyeshuri bagera ku 150 biga mu myaka  ya gatanu na gatandatu ,kumunsi wambere hakaba  haje abagera  kuri 102 ngo  akaba afite icyizere  Ko naba  bisigaye nabo bazaza  bidatinze .

Kukibazo ki byumba  byamashuri bikiri bike ,umuyobozi wishuri yavuzeko hari ibyumba bitatu bishya  bigeze  mubikorwa byanyuma  birikubakwa kunkunga ya world bank .bateganyako I gihe ibyiciro byose byabanyeshuri bazaba byaje  baziyeranja bakareba uko babikoresha .

Kuri iki kibazo umuyobozi mukuri wikigo kigihugu giteza  imbere uburezi mu Rwanda REB Dr Irene NDAYAMBAJE ,ubwo yari mukiganiro kuri kt radio yatangaje ko “ubwo abanyeshuri bazaba bagarutse bitewe naho icyorezo kizaba  kirikugana ngo bishobokako kizaba cyarabaye amateka mu Rwanda  abana bakongera kwicara nkuko byari bisanzwe.

Yakomeje avugako mugihe kizaba kigihari bazakora uburyo abanyeshuri bazajya biga muburyo  bwa shift cyangwa bamwe bakiga  uyumunsi ejo hakaba abandi bakagenda  basimbuka umunsi kugirango basaranganye ibyumba byamashuri.

Imyiteguro yo yarakozwe kuburyo  kwishuri hashyizweho ibyumba kizwi  Nka isolation  room kizajya gifasha umunyeshuri wazagaragaraho ibimenyetso bya  corona virus .

By Masengesho  pierre cèlèstin

Inkuru Iheruka

Ibyo wamenya kuri Robert Fisk Umunyamakuru wahuye na Osama Bin Laden inshuro eshatu

Inkuru Ikurikira

Dr. Ndayambaje Irenée uyobora REB n’abandi babiri bamwungirije bahagaritswe by’agateganyo

Inkuru Ikurikira
Dr. Ndayambaje Irenée uyobora REB n’abandi babiri bamwungirije bahagaritswe by’agateganyo

Dr. Ndayambaje Irenée uyobora REB n’abandi babiri bamwungirije bahagaritswe by'agateganyo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

  • Izijyezweho
  • Ibitekerezo
  • Iziheruka
Breaking news: Col Rugema Emmanuel wari Umuyobozi mukuru wa RUD URUNANA yishwe

Breaking news: Col Rugema Emmanuel wari Umuyobozi mukuru wa RUD URUNANA yishwe

October 23, 2020
Ubusesenguzi: Ninde ugiye kuyobora Intara y’Amajyaruguru?

Ubusesenguzi: Ninde ugiye kuyobora Intara y’Amajyaruguru?

June 1, 2020
Ubushakashatsi bwagaragaje ko Urumogi rufite ubushobozi bwo kuvura Covid-19 kurusha indi miti yose irimo kwifashishwa

Ubushakashatsi bwagaragaje ko Urumogi rufite ubushobozi bwo kuvura Covid-19 kurusha indi miti yose irimo kwifashishwa

December 16, 2020
Breaking News: Jenerali Nsengiyumva Secyugu Gabral wari ukuriye Operasiyo za Gisilikare muri FDLR yishwe

Breaking News: Jenerali Nsengiyumva Secyugu Gabral wari ukuriye Operasiyo za Gisilikare muri FDLR yishwe

October 24, 2020
Ingabire Marie Immaculee yateye utwatsi abamusaba kwiyamamariza kuyobora igihugu

Ingabire Marie Immaculee yateye utwatsi abamusaba kwiyamamariza kuyobora igihugu

5
Ubucukumbuzi:Ninde uzabazwa ubwicanyi busa na Jenoside buri gukorerwa abanyamulenge?

Ubucukumbuzi:Ninde uzabazwa ubwicanyi busa na Jenoside buri gukorerwa abanyamulenge?

4
Icyo Abahanga mu bya Bibiliya bavuga ku rupfu rwa Kizito Mihigo n’isomerwa Misa rye

Icyo Abahanga mu bya Bibiliya bavuga ku rupfu rwa Kizito Mihigo n’isomerwa Misa rye

4
Me. Ntaganda Bernard akomeje kwiyitirira ishyaka PS Imberakuri avuga ibyo ashatse k’u Rwanda

Me. Ntaganda Bernard akomeje kwiyitirira ishyaka PS Imberakuri avuga ibyo ashatse k’u Rwanda

3
DRC: Abahagarariye Ibihugu Byabo Ntibemerewe Kurenga Kinshasa Nta Ruhushya

DRC: Abahagarariye Ibihugu Byabo Ntibemerewe Kurenga Kinshasa Nta Ruhushya

February 25, 2021
Rwanda: Jean Claude Iyamuremye yanenzwe kwiregura ko ‘nyina ari umututsi’ bityo atishe abatutsi

Rwanda: Jean Claude Iyamuremye yanenzwe kwiregura ko ‘nyina ari umututsi’ bityo atishe abatutsi

February 25, 2021
RDC: Mu ntara 4 honyine habarurwa imitwe irenga 100 y’inyeshyamba, naho 8 niyo imaze gusenyuka muri 2019

RDC: Mu ntara 4 honyine habarurwa imitwe irenga 100 y’inyeshyamba, naho 8 niyo imaze gusenyuka muri 2019

February 25, 2021
RCA: Ingabo zirimo  iz’u Rwanda zafashe icumbi  rya François Bozizé uyobora CPC

RCA: Ingabo zirimo iz’u Rwanda zafashe icumbi rya François Bozizé uyobora CPC

February 25, 2021
Facebook Twitter

Aboturibo

Rwanda Tribune

Rwanda Tribune ni ikinyamakuru cyandikirwa i Kigali kigasohoka kuri murandasi. Intego y'iki kinyamakuru ni ukubagezaho amakuru y'ukuri nyakuri.

Contacts

Marketing: 0788663576
Editor: 0780341467
Management: 0788531713
Emails: info@rwandatribune.com

  • English
  • French
  • Tribune Tv
  • Amategeko agenga Ubwanditsi
  • Tuvugishe
  • Ubufasha

© 2020 Rwanda Tribune Developed by Codity.

  • AHABANZA
  • Politike
    • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
    • Amateka
  • TRIBUNETV

© 2020 Rwanda Tribune Developed by Codity.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms bellow to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist