• Languages
  • English
  • Francais
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
22 °c
Kigali
20 ° Thu
19 ° Fri
20 ° Sat
18 ° Sun
Wednesday, March 3, 2021
  • AHABANZA
  • Politike
    • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
    • Amateka
  • TRIBUNETV
  • AHABANZA
  • Politike
    • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
    • Amateka
  • TRIBUNETV
Ntabyabonetse
Reba Byose
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
Ahabanza Nyamukuru

Dore ibiribwa wakwifashisha urwaye inkorora bikakugirira akamaro

Na Ally Jado
January 2, 2021
Muri Nyamukuru, Ubuzima, Udushya
21 2
0
Dore ibiribwa wakwifashisha urwaye inkorora bikakugirira akamaro
16
Yasangijwe
324
Yasuwe
WhastappShare on FacebookShare on Twitter

Ese inkorora ni ndwara Ki?

Inkorora ni imwe mu ndwara ihangayikisha uyirwaye.

Buri wese ashobora kuba yafatwa n’iyi ndwara cyane kuko yandura bitewe n’imihindagurikire y ’ikirere n’ibindi.

Mu gihe rero urwaye iyi ndwara hari ibiribwa byakunganira ugakira vuba.

Kurya ibiribwa bisanzwe byagufasha kwivura inkorora kandi nta ngaruka bigira nk’imiti isanzwe .

Ese ibyo biribwa byagufasha gukira inkorora ni ibihe?

Aha hari bimwe mu biribwa wafata ukabasha gukira inkorora ;

1 . Tangawizi (ginger ) ;

Tangawizi ni kimwe mu biribwa bikiza inkorora neza.

Iyo ufite icyayi cya tangawizi cyangwa ukaba wahekenya uduce duto twa tangawizi byagufasha cyane kuba wakira inkorora kandi ukabasha gukira vuba,

kuko iyi tangawizi ibamo ( anti -inflammatory ) bimwe mu bintu birwanya microbe zimwe nazimwe cyangwa se udukoko dutera inkorora byagufasha gukira inkorora nibindi bimenyetso biyitera .

Inkuru Iheruka

Inyoni yo mubwoko bwa CONDOR (KONDORO) yazamutse ibirometero birenga 100 idakubise amababa

Inkuru Ikurikira

RDC: Tshisekedi yahaye imbabazi Col.Edy Kapend wari warahamijwe urupfu rwa Laurent Désiré Kabila

Inkuru Ikurikira
RDC: Tshisekedi yahaye imbabazi Col.Edy Kapend wari warahamijwe urupfu rwa Laurent Désiré Kabila

RDC: Tshisekedi yahaye imbabazi Col.Edy Kapend wari warahamijwe urupfu rwa Laurent Désiré Kabila

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

  • Izijyezweho
  • Ibitekerezo
  • Iziheruka
Breaking news: Col Rugema Emmanuel wari Umuyobozi mukuru wa RUD URUNANA yishwe

Breaking news: Col Rugema Emmanuel wari Umuyobozi mukuru wa RUD URUNANA yishwe

October 23, 2020
Ubusesenguzi: Ninde ugiye kuyobora Intara y’Amajyaruguru?

Ubusesenguzi: Ninde ugiye kuyobora Intara y’Amajyaruguru?

June 1, 2020
Ubushakashatsi bwagaragaje ko Urumogi rufite ubushobozi bwo kuvura Covid-19 kurusha indi miti yose irimo kwifashishwa

Ubushakashatsi bwagaragaje ko Urumogi rufite ubushobozi bwo kuvura Covid-19 kurusha indi miti yose irimo kwifashishwa

December 16, 2020
Breaking News: Jenerali Nsengiyumva Secyugu Gabral wari ukuriye Operasiyo za Gisilikare muri FDLR yishwe

Breaking News: Jenerali Nsengiyumva Secyugu Gabral wari ukuriye Operasiyo za Gisilikare muri FDLR yishwe

October 24, 2020
Ingabire Marie Immaculee yateye utwatsi abamusaba kwiyamamariza kuyobora igihugu

Ingabire Marie Immaculee yateye utwatsi abamusaba kwiyamamariza kuyobora igihugu

5
Ubucukumbuzi:Ninde uzabazwa ubwicanyi busa na Jenoside buri gukorerwa abanyamulenge?

Ubucukumbuzi:Ninde uzabazwa ubwicanyi busa na Jenoside buri gukorerwa abanyamulenge?

4
Icyo Abahanga mu bya Bibiliya bavuga ku rupfu rwa Kizito Mihigo n’isomerwa Misa rye

Icyo Abahanga mu bya Bibiliya bavuga ku rupfu rwa Kizito Mihigo n’isomerwa Misa rye

4
Me. Ntaganda Bernard akomeje kwiyitirira ishyaka PS Imberakuri avuga ibyo ashatse k’u Rwanda

Me. Ntaganda Bernard akomeje kwiyitirira ishyaka PS Imberakuri avuga ibyo ashatse k’u Rwanda

3
Ipfunwe rya Jean Marie Vianney Ndagijimana ritumye agana inkiko mu mahugu!

Ipfunwe rya Jean Marie Vianney Ndagijimana ritumye agana inkiko mu mahugu!

March 3, 2021
Guhera kuwa Gatanu inkingo zageze mu Rwanda ziratangira gutangwa

Guhera kuwa Gatanu inkingo zageze mu Rwanda ziratangira gutangwa

March 3, 2021
Kwishyura  abakozi badakora, kimwe mu byateje ibihombo abakoresha muri Covid -19

Kwishyura abakozi badakora, kimwe mu byateje ibihombo abakoresha muri Covid -19

March 3, 2021
Abasirikare 3 b’u Burundi bamaze kugwa mu mirwano ibahanganishije na FLN mu ishyamba rya Kibira

Abasirikare 3 b’u Burundi bamaze kugwa mu mirwano ibahanganishije na FLN mu ishyamba rya Kibira

March 3, 2021
Facebook Twitter

Aboturibo

Rwanda Tribune

Rwanda Tribune ni ikinyamakuru cyandikirwa i Kigali kigasohoka kuri murandasi. Intego y'iki kinyamakuru ni ukubagezaho amakuru y'ukuri nyakuri.

Contacts

Marketing: 0788663576
Editor: 0780341467
Management: 0788531713
Emails: info@rwandatribune.com

  • English
  • French
  • Tribune Tv
  • Amategeko agenga Ubwanditsi
  • Tuvugishe
  • Ubufasha

© 2020 Rwanda Tribune Developed by Codity.

  • AHABANZA
  • Politike
    • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
    • Amateka
  • TRIBUNETV

© 2020 Rwanda Tribune Developed by Codity.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms bellow to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist