• Languages
  • English
  • Francais
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
20 °c
Kigali
20 ° Thu
19 ° Fri
20 ° Sat
18 ° Sun
Wednesday, March 3, 2021
  • AHABANZA
  • Politike
    • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
    • Amateka
  • TRIBUNETV
  • AHABANZA
  • Politike
    • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
    • Amateka
  • TRIBUNETV
Ntabyabonetse
Reba Byose
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
Ahabanza Mu mahanga

CAR: Mu buryo butunguranye Abarwanyi ba CPC bari mu mujyi wa Bozoum baburiwe irengero

Na ildefonse
February 21, 2021
Muri Mu mahanga, Nyamukuru, Politike
40 2
0
CAR: Mu buryo butunguranye  Abarwanyi ba CPC  bari mu mujyi wa Bozoum baburiwe irengero
30
Yasangijwe
607
Yasuwe
WhastappShare on FacebookShare on Twitter

Mu ijoro ryo ku wa gatanu rishyira uwa gatandatu, tariki ya 20 Gashyantare 2021, inyeshyamba  za CPC zari zimaze iminsi zigenzura umujyi wa Bozoum  zahagurutse mu mujyi zerekeza ahantu hataramenyekana.

Ibi byabaye nyuma yaho umujyi wa  Bozoum ugabiweho ibitero bikomeye  n’ingabo  za Leta mu minsi ishize.Izi nyeshyamba zahise zigira inama yo kuba zivuye muri uyu mujyi zikerekeza ahantu hatazwi aho bikekako zigiye kubanza kwisuganya kugirango zibone uko zongera guhangana n’ingabo za leta.

Ikinyamakuru CNC cyandikirwa muri Centrafrica  kivuga ko ku munsi wo kuwa Kane ingabo za Leta zifatanije n’ingabo z’umuryango wabibumbye ziri mu butumwa bw’amahoro(MUNISCA) zagabye ibitero bikomeye ku birindiro by’inyeshyamba byo mu mujyi wa Bezoum, aho bivugwa ko byari ibitero bikomeye byashegeje izi nyeshyamba bikanaba ariyo ntandaro yaziteye guhunga zikava muri uyu mujyi rwihishwa.

Kugeza ubu umujyi wa Bozoum  uratuje, abaturage bakomeje kugenda bagaruka mu  ngo bari barataye ubwo imirwano ikomeye yadukaga .

Inyeshyamba za CPC zisa naho zimaze gucika intege dore ko mu mijyi ya Boali, Bossembélé, Yaloké, Bossemptélé na Bouar, zari zarafashe yose zayirukanwemo n’ingabo za Leta kugeza ubwo zaje kwihuriza muri Bozoum  naho zaje kuva zerekeza ahantu hataramenyekana kugeza magingo aya.

Inkuru Iheruka

Minisitiri Shyaka yasabye insengero gufungura zizirikana no kwigisha kwirinda COVID-19

Inkuru Ikurikira

Gasabo :Uregwa gusambanya abana b’abahungu 17 yahanishijwe gufungwa burundu

Inkuru Ikurikira
Gasabo :Uregwa gusambanya abana b’abahungu 17 yahanishijwe gufungwa burundu

Gasabo :Uregwa gusambanya abana b'abahungu 17 yahanishijwe gufungwa burundu

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

  • Izijyezweho
  • Ibitekerezo
  • Iziheruka
Breaking news: Col Rugema Emmanuel wari Umuyobozi mukuru wa RUD URUNANA yishwe

Breaking news: Col Rugema Emmanuel wari Umuyobozi mukuru wa RUD URUNANA yishwe

October 23, 2020
Ubusesenguzi: Ninde ugiye kuyobora Intara y’Amajyaruguru?

Ubusesenguzi: Ninde ugiye kuyobora Intara y’Amajyaruguru?

June 1, 2020
Ubushakashatsi bwagaragaje ko Urumogi rufite ubushobozi bwo kuvura Covid-19 kurusha indi miti yose irimo kwifashishwa

Ubushakashatsi bwagaragaje ko Urumogi rufite ubushobozi bwo kuvura Covid-19 kurusha indi miti yose irimo kwifashishwa

December 16, 2020
Breaking News: Jenerali Nsengiyumva Secyugu Gabral wari ukuriye Operasiyo za Gisilikare muri FDLR yishwe

Breaking News: Jenerali Nsengiyumva Secyugu Gabral wari ukuriye Operasiyo za Gisilikare muri FDLR yishwe

October 24, 2020
Ingabire Marie Immaculee yateye utwatsi abamusaba kwiyamamariza kuyobora igihugu

Ingabire Marie Immaculee yateye utwatsi abamusaba kwiyamamariza kuyobora igihugu

5
Ubucukumbuzi:Ninde uzabazwa ubwicanyi busa na Jenoside buri gukorerwa abanyamulenge?

Ubucukumbuzi:Ninde uzabazwa ubwicanyi busa na Jenoside buri gukorerwa abanyamulenge?

4
Icyo Abahanga mu bya Bibiliya bavuga ku rupfu rwa Kizito Mihigo n’isomerwa Misa rye

Icyo Abahanga mu bya Bibiliya bavuga ku rupfu rwa Kizito Mihigo n’isomerwa Misa rye

4
Me. Ntaganda Bernard akomeje kwiyitirira ishyaka PS Imberakuri avuga ibyo ashatse k’u Rwanda

Me. Ntaganda Bernard akomeje kwiyitirira ishyaka PS Imberakuri avuga ibyo ashatse k’u Rwanda

3
Tanzania: Kilziya Gatolika irashinja Leta kwirengagiza Covid-19 imaze kuyitwara Abihayimana 85

Tanzania: Kilziya Gatolika irashinja Leta kwirengagiza Covid-19 imaze kuyitwara Abihayimana 85

March 3, 2021
Ipfunwe rya Jean Marie Vianney Ndagijimana ritumye agana inkiko mu mahugu!

Ipfunwe rya Jean Marie Vianney Ndagijimana ritumye agana inkiko mu mahugu!

March 3, 2021
Guhera kuwa Gatanu inkingo zageze mu Rwanda ziratangira gutangwa

Guhera kuwa Gatanu inkingo zageze mu Rwanda ziratangira gutangwa

March 3, 2021
Kwishyura  abakozi badakora, kimwe mu byateje ibihombo abakoresha muri Covid -19

Kwishyura abakozi badakora, kimwe mu byateje ibihombo abakoresha muri Covid -19

March 3, 2021
Facebook Twitter

Aboturibo

Rwanda Tribune

Rwanda Tribune ni ikinyamakuru cyandikirwa i Kigali kigasohoka kuri murandasi. Intego y'iki kinyamakuru ni ukubagezaho amakuru y'ukuri nyakuri.

Contacts

Marketing: 0788663576
Editor: 0780341467
Management: 0788531713
Emails: info@rwandatribune.com

  • English
  • French
  • Tribune Tv
  • Amategeko agenga Ubwanditsi
  • Tuvugishe
  • Ubufasha

© 2020 Rwanda Tribune Developed by Codity.

  • AHABANZA
  • Politike
    • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
    • Amateka
  • TRIBUNETV

© 2020 Rwanda Tribune Developed by Codity.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms bellow to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist