• Languages
  • English
  • Francais
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
22 °c
Kigali
20 ° Mon
20 ° Tue
20 ° Wed
21 ° Thu
Sunday, January 17, 2021
  • AHABANZA
  • Politike
    • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
    • Amateka
  • TRIBUNETV
  • AHABANZA
  • Politike
    • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
    • Amateka
  • TRIBUNETV
Ntabyabonetse
Reba Byose
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
Ahabanza Mu mahanga

BURUNDI: Ishyaka CNL rya Agathon RWASA rimaze gutangaza intsinzi ku matora y’umwanya wa Perezida.

Na Ally Jado
May 21, 2020
Muri Mu mahanga, Nyamukuru, Politike
308 23
0
Live Burundi amatora 2020:Polisi yangiye abanyamakuru gufotora Agato Rwasa arigutora

Bwana Agatho Rwasa Perezida w'Ishyaka CNL

237
Yasangijwe
4.7k
Yasuwe
WhastappShare on FacebookShare on Twitter

Umuvugizi w’ishyaka CNL rya Agathon Rwasa, Aime Magera amaze gutangaza ko bashingiye ku nyandiko mvugo bafite zerekana amajwi umukandida w’ishyaka rya CNL Inyangamugayo rya  Agathon Rwasa akaba ari nawe umuvugira avuga ko uwo avugira yatsinze amatora akaba yabonye amajwi 62 ku ijana mu ntara 11 bamaze kubonera amajwi yabaruwe ku ntara 19 zigize igihugu cy ‘u Burundi.

Amakuru dukesha umunyamakuru wa rwandatribune.com uri gukurikirana uko amajwi abarurwa uri mu ntara ya Bujumbura yavuze ko Agathon Rwasa wa CNL amaze kugira amajwi menshi agaragaza ko hari ikizere cyatuma hizerwa ibyatangajwe n’umuvugizi wa Agathon Rwasa akomeza avuga ko intara 11 arizo Cibitoki, Kayanza, Ngozi, Gitega, Kirundo, Bujumbura y’icyaro, Bujumbura y’umujyi, Rumonge, Makamba, Rutana na Muyinga

Umunyamakuru wacu avuga ko Agathon Rwasa yarushije cyane abakandinda bose aho mu majwi yagaragaye yo muri izi ntara Agathon Rwasa afite amajwi 62 ku ijana naho Gen Evariste Ndayishimiye wa CNDD FDD akaba afite amajwi 20 ku ijana, Gaston Sindimwo wa UPRONA akaba afite amajwi 12 ku ijana naho abandi bakandida bane basigaye bakaba bose bafite amajwi 6 ku ijana .

Mu ntara ya Bubanza na Karuzi amajwi amaze kubarurwa yerekana ko Gen Evariste Ndayishimiye wa CNDD FDD amaze kubona amajwi 52 ku ijana, Agathon Rwasa amajwi 35 ku ijana, Sindimwo Gaston wa Uprona amaze kubona amajwi 2 ku ijana n’aho Past Nahimana Diedonnne wigenga amaze kubonamo amajwi 5  ku ijana, KIRA Burundi amajwi 3 ku ijana abandi bakandida batatu basigaye bose bafite 3 ku ijana .

Agathon Rwasa ejo amaze gutora yahamagariye abamushyigikiye kurindira amajwi avuye mu matora kandi anenga bikomeye Leta yaciye imirongo ya interinete ku baturage ko ari ukubangamira uburenganzira bwabo bwo guhanahana amakuru, ibi yabivuze nyuma y’uko mu gihugu cy’u Burundi imbuga nkoranyambaga zose zari zafunzwe kugeza uyu munsi.

Ikindi Agathon Rwasa yanenze ni uburyo abamuhagarariye mu biro bitandukanye by’amatora bari bari gutotezwa ndetse no gufungwa kugera n’aho yasabye y’uko banamwemerera akabasimbuza ariko ntiyabyemererwa, kugera kuri uyu munsi hamaze gufungwa abanywanyi ba CNL 37 bari bahagarariye iri shyaka nk’indorerezi, mu gitondo cyo kuri uyu munsi hafunzwe 7 bo mu Ntara ya Kayanza bashinjwa kuba bavuye muri misa bagashaka gutangaza ibyavuye mu matora naho undi umwe wo mu ntara ya Kayanza yaciwe ihazabu y’amafaranga y’uBurundi ibihumbi magana abiri n’urukiko rwa Rango ngo kubera kubangamira ibikorwa by’amatora.

Mu gihugu cy’u Burundi byaba bibaye ubwa kabiri ishyaka riri ku butegetsi ritsindwa amatora y’umukuru w’igihugu ubwa mbere byabaye mu mwaka 1993 ubwo ishyaka rya UPRONA ryatsindwaga amatora y’umukuru w’igihugu Buyoya Pierre  wari kandida Perezida kandi yarasanzwe ari na perezida agatsindwa n’ishyaka rya Sahwanya FRODEBU ryari ryatanze Melkior Ndadaye nk’umukandida waryo .

Habumugisha Vincent.

Inkuru Iheruka

Uganda-Kisoro:Urujya n’uruza rw’abasore b’abanyarwanda barikwinjizwa mu mitwe y’inyeshyamba

Inkuru Ikurikira

Gicumbi: Barasaba ko amafaranga y’ihererekanya ry’ibyangobwa by’ubutaka agabanywa

Inkuru Ikurikira
Gicumbi: Barasaba ko amafaranga y’ihererekanya ry’ibyangobwa by’ubutaka agabanywa

Gicumbi: Barasaba ko amafaranga y’ihererekanya ry’ibyangobwa by’ubutaka agabanywa

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

  • Izijyezweho
  • Ibitekerezo
  • Iziheruka
Breaking news: Col Rugema Emmanuel wari Umuyobozi mukuru wa RUD URUNANA yishwe

Breaking news: Col Rugema Emmanuel wari Umuyobozi mukuru wa RUD URUNANA yishwe

October 23, 2020
Ubusesenguzi: Ninde ugiye kuyobora Intara y’Amajyaruguru?

Ubusesenguzi: Ninde ugiye kuyobora Intara y’Amajyaruguru?

June 1, 2020
Breaking News: Jenerali Nsengiyumva Secyugu Gabral wari ukuriye Operasiyo za Gisilikare muri FDLR yishwe

Breaking News: Jenerali Nsengiyumva Secyugu Gabral wari ukuriye Operasiyo za Gisilikare muri FDLR yishwe

October 24, 2020
Ubushakashatsi bwagaragaje ko Urumogi rufite ubushobozi bwo kuvura Covid-19 kurusha indi miti yose irimo kwifashishwa

Ubushakashatsi bwagaragaje ko Urumogi rufite ubushobozi bwo kuvura Covid-19 kurusha indi miti yose irimo kwifashishwa

December 16, 2020
Ingabire Marie Immaculee yateye utwatsi abamusaba kwiyamamariza kuyobora igihugu

Ingabire Marie Immaculee yateye utwatsi abamusaba kwiyamamariza kuyobora igihugu

5
Icyo Abahanga mu bya Bibiliya bavuga ku rupfu rwa Kizito Mihigo n’isomerwa Misa rye

Icyo Abahanga mu bya Bibiliya bavuga ku rupfu rwa Kizito Mihigo n’isomerwa Misa rye

4
Me. Ntaganda Bernard akomeje kwiyitirira ishyaka PS Imberakuri avuga ibyo ashatse k’u Rwanda

Me. Ntaganda Bernard akomeje kwiyitirira ishyaka PS Imberakuri avuga ibyo ashatse k’u Rwanda

3
Breaking news: Col Rugema Emmanuel wari Umuyobozi mukuru wa RUD URUNANA yishwe

Breaking news: Col Rugema Emmanuel wari Umuyobozi mukuru wa RUD URUNANA yishwe

2
Umurambo w’umunyemari Mirimo wataburuwe hashakwa ibimenyetso by’Urukiko

Umurambo w’umunyemari Mirimo wataburuwe hashakwa ibimenyetso by’Urukiko

January 16, 2021
Rubavu:Abaturage babangamiwe n’umwanda batezwa n’umworozi w’ingurube.

Rubavu:Abaturage babangamiwe n’umwanda batezwa n’umworozi w’ingurube.

January 16, 2021
PS Imberakuri:Depite Christine Mukabunani yamaganye Itangazo Me.Ntaganda yasohoye mu izina ry’ishyaka rye

PS Imberakuri:Depite Christine Mukabunani yamaganye Itangazo Me.Ntaganda yasohoye mu izina ry’ishyaka rye

January 16, 2021
Umunyamakuru Tidjara Kabendera  yasezeye RBA amaze imyaka 18 akorera

Hamenyakanye Radio Nshya Tidjala Kabendera agiye gukorera

January 16, 2021
Facebook Twitter

Aboturibo

Rwanda Tribune

Rwanda Tribune ni ikinyamakuru cyandikirwa i Kigali kigasohoka kuri murandasi. Intego y'iki kinyamakuru ni ukubagezaho amakuru y'ukuri nyakuri.

Contacts

Marketing: 0788663576
Editor: 0780341467
Management: 0788531713
Emails: info@rwandatribune.com

  • English
  • French
  • Tribune Tv
  • Amategeko agenga Ubwanditsi
  • Tuvugishe
  • Ubufasha

© 2020 Rwanda Tribune Developed by Codity.

  • AHABANZA
  • Politike
    • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
    • Amateka
  • TRIBUNETV

© 2020 Rwanda Tribune Developed by Codity.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms bellow to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist