• Languages
  • English
  • Francais
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
16 °c
Kigali
19 ° Fri
19 ° Sat
18 ° Sun
18 ° Mon
Thursday, April 15, 2021
  • AHABANZA
  • Politike
    • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
    • Amateka
  • TRIBUNETV
  • AHABANZA
  • Politike
    • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
    • Amateka
  • TRIBUNETV
Ntabyabonetse
Reba Byose
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
Ahabanza Nyamukuru

Burera: Ngo ntibazi umunshinga wo kububakira isoko aho warengeye

Na Aisha
February 19, 2020
Muri Nyamukuru, Ubuvugizi
0 0
0
Burera: Ngo ntibazi umunshinga wo kububakira isoko aho warengeye

Aba ngo baheruka ikibanza gishingwamo ibyuma

0
Yasangijwe
5
Yasuwe
WhastappShare on FacebookShare on Twitter

Abaturage  bo mu Murenge  wa Bungwe, mu Karere  ka Burera baranenga Ubuyobozi bw’Akarere kubarangarana  kugeza aho isoko bari batangiye kubakirwa rimaze amezi  asaga 7 rihagaze, none rikaba riri kumeramo ibyatsi.

Umwe mu bacuruzi twasanze ku kibuga  cyasimbuye aho bari kubaka isoko, yabwiye Rwandatribune.com ko batazi impamvu ryahagaze, dore ko bikomeje no kubagiraho ingaruka.

Igihe cyose imvura iguye batangira kwanura ibicuruzwa

Yagize ati:”Nk’ubu turi kubona imvura iri gukuba, tukavuga tuti reka twanure dutahe, imyenda ireke kunyagirwa, ibiribwa bireke kunyagirwa, tukanura gutyo. Ukeneye ikintu yaza ku mugoroba bimwe akakibura kubera byatewe n’imvura, baraje baravuga ngo bagiye kutwubakira isoko ariko uburyo byahagaze ntitubizi”.

Ubuyobozi bw’Umurenge wa Bungwe, buvuga ko habaye ikibazo cy’uko Akarere ka Burera kohereje amafanga menshi, umurenge udafitiye ubushobozi bwo gukoresha basaba Akarere ko Katanga isoko uritsindiye akaba ariwe uza gusubukura ibikorwa byo kuryubaka. 

Kamuhanda Alexandra Umukozi Ushinzwe Irangamirere mu Murenge wa Bungwe, avuga ko bandikiye akarere ariko ntikabasubiza.

Yagize ati:”Uko amabwiriza ameze, isoko ritarengeje miliyoni icumi ritangwa n’akanama k’amasoko ku murenge, iyo arenze ritangwa n’akarere. Bayatwoherereza natwe twakoze inyandiko tubasaba uko twayakoresha ntibadusibiza”.

Umuyobozi w’Akarere Burera, Uwanyiringira Marie Chantal, avuga ko bamaze kubona rwiyemezamirimo ndetse n’amasezerano yamaze gusinywa igisigaye ari uko ibikorwa bitangira mu minsi ya vuba.

Ati:”Amasezerano yamaze gusinywa, rwiyemezamirimo yarabonetse igisigaye n’ugutangira. N’umurenge twawoherereje kopi, ubu bitarenze mu cyumweru gitaha imirimo izasubukurwa”. 

Uretse ibikorwa byo kubaka isoko byadindiye, abutarage bari barubatse kuri iri soko, baberewemo ideni rya miliyoni eshanu. 

gahunda ya Leta y’u Rwanda ni uko igomba gushyirira ibikorwaremezo  bihagije ku mipaka cyane uhuza u Rwanda na Uganda, mu rwego rwo guhaza ibyifuzo by’abaturage begereye umupaka. 

Muri ibi bikorwa hakaba higanjemo amashuri, amavuriro n’amasoko.

NKURUNZIZA  Pacifique 

Inkuru Iheruka

RDC: Abagera ku  10 baguye mu mirwano hagati ya FARDC  n’umutwe wa FPIC yabereye mu ntara ya Ituri

Inkuru Ikurikira

Gicumbi FC yakomorewe gukinira ku kibuga cyayo

Inkuru Ikurikira
Gicumbi FC yakomorewe gukinira ku kibuga cyayo

Gicumbi FC yakomorewe gukinira ku kibuga cyayo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

  • Izijyezweho
  • Ibitekerezo
  • Iziheruka
Breaking news: Col Rugema Emmanuel wari Umuyobozi mukuru wa RUD URUNANA yishwe

Breaking news: Col Rugema Emmanuel wari Umuyobozi mukuru wa RUD URUNANA yishwe

October 23, 2020
Ubusesenguzi: Ninde ugiye kuyobora Intara y’Amajyaruguru?

Ubusesenguzi: Ninde ugiye kuyobora Intara y’Amajyaruguru?

June 1, 2020
Ubushakashatsi bwagaragaje ko Urumogi rufite ubushobozi bwo kuvura Covid-19 kurusha indi miti yose irimo kwifashishwa

Ubushakashatsi bwagaragaje ko Urumogi rufite ubushobozi bwo kuvura Covid-19 kurusha indi miti yose irimo kwifashishwa

December 16, 2020
ADEPR:Abashumba ba za Paruwase 435,Abacungamutungo 435 n’abavugabutumwa 3600 basezerewe

ADEPR:Abashumba ba za Paruwase 435,Abacungamutungo 435 n’abavugabutumwa 3600 basezerewe

April 5, 2021
ADEPR:Abashumba ba za Paruwase 435,Abacungamutungo 435 n’abavugabutumwa 3600 basezerewe

ADEPR:Abashumba ba za Paruwase 435,Abacungamutungo 435 n’abavugabutumwa 3600 basezerewe

6
Ubucukumbuzi:Ninde uzabazwa ubwicanyi busa na Jenoside buri gukorerwa abanyamulenge?

Ubucukumbuzi:Ninde uzabazwa ubwicanyi busa na Jenoside buri gukorerwa abanyamulenge?

5
Ingabire Marie Immaculee yateye utwatsi abamusaba kwiyamamariza kuyobora igihugu

Ingabire Marie Immaculee yateye utwatsi abamusaba kwiyamamariza kuyobora igihugu

5
Icyo Abahanga mu bya Bibiliya bavuga ku rupfu rwa Kizito Mihigo n’isomerwa Misa rye

Icyo Abahanga mu bya Bibiliya bavuga ku rupfu rwa Kizito Mihigo n’isomerwa Misa rye

4
Kenya yafunguye uruganda rwayo rukora Imbunda rwuzuye rutwaye Miliyari 4 z’Amashilingi

Kenya yafunguye uruganda rwayo rukora Imbunda rwuzuye rutwaye Miliyari 4 z’Amashilingi

April 14, 2021
Nyuma ya AstraZeneca,Urundi rukingo rwa Covid-19 rwahagaritswe rukekwaho gutera indwara yo kuvura kw’amaraso

Nyuma ya AstraZeneca,Urundi rukingo rwa Covid-19 rwahagaritswe rukekwaho gutera indwara yo kuvura kw’amaraso

April 14, 2021
Abarwanyi ibihumbi 4 nibo bamaze kwisuganya muri Bijombo,Minembwe na Uvila bayobowe na Col.Makanika

Abarwanyi ibihumbi 4 nibo bamaze kwisuganya muri Bijombo,Minembwe na Uvila bayobowe na Col.Makanika

April 14, 2021

Musanze: Mu gisa n’amayobera amazi y’ikiyaga cya Ruhondo yikozemo inkingi ifite uburebure bwa km 1 y’ubujyejuru(Amafoto)

April 13, 2021
Facebook Twitter

Aboturibo

Rwanda Tribune

Rwanda Tribune ni ikinyamakuru cyandikirwa i Kigali kigasohoka kuri murandasi. Intego y'iki kinyamakuru ni ukubagezaho amakuru y'ukuri nyakuri.

Contacts

Marketing: 0788663576
Editor: 0780341467
Management: 0788531713
Emails: info@rwandatribune.com

  • English
  • French
  • Tribune Tv
  • Amategeko agenga Ubwanditsi
  • Tuvugishe
  • Ubufasha

© 2020 Rwanda Tribune Developed by Codity.

  • AHABANZA
  • Politike
    • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
    • Amateka
  • TRIBUNETV

© 2020 Rwanda Tribune Developed by Codity.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms bellow to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist